Shyaka James w’ imyaka 23 y’ amavuko yakoze urubuga rwa internet ashyiraho ibizamini bya Leta byose byakozwe ndetse n’ ibizamini by’ uruhushya.
Uyu musore wiga ibijyanye n’ ikoranabuga avuga ko yakoze uru rubuga www.isomo.info kugira ngo afashe abanyeshuri bitegura ibizamini kubona ibizamini byagiye bikorwa mu myaka yabanje bizwi nk’ ibicupuri.
Aganira n’ Umuseke dukesha iyi nkuru yagize ati “Twajyaga mu isomero tugasanga kopi z’ibizamini zirimo ni eshanu, kandi na zo uwinjiye akayiba akayitwara, (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umunyarwanda yakoze urubuga ruriho ibizamini bya Leta byose
7 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza
19 August 2021, by UbwanditsiUburwayi bw’umugongo bukomeje kwibasira abantu b’ingeri zose. Abantu benshi cyane usanga akenshi bibasirwa n’uburwayi bw’umugongo, aho yicara agataka, yahaguruka agataka, yatambuka agataka, biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Ubushakashatsi bwakorewe mu Busuwisi bugaragaza ko abantu umunani ku bantu icumi (8/10) baba bafite ububabare bw’umugongo. Ubu bubabare kandi ngo bukaba bushobora no gukwira mu bindi bice by’umubiri.
Ni ubwo ushobora guhamagara umuganga +250785686682 akaguha amakuru yose (...) -
NIYO Travels, ikigo gihuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo
19 December 2022, by UbwanditsiIkigo NIYO Travels kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka mu nzego zimwe za gisirikare
26 April 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yakoze impinduka mu buyobozi bwa zimwe mu nzego za gisirikare, aho nka Gen Maj Innocent Kabandana wari Umugaba Mukuru wungirije w’Inkeragutabara, yagizwe Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya Gako.
-
Olive wapfushije umugabo we bakimara gukora ubukwe yakoze ubundi bukwe bw’igitangaza[AMAFOTO]
11 February 2019, by Martin MunezeroAmateka y’ibyabaye kuri Umurerwa Olive wapfushije umugabo we bakimara gukora ubukwe ni ubuhamya bwagiye bukora benshi ku mutima ariko ku batari bacye bikaba n’ikimenyetso cyo gukomera kw’amasezerano y’Imana.
-
Dusobanukirwe n’uburwayi bwa porositate (prostate) indwara yibasira kandi igahitana abagabo batari bake
7 July 2021, by UbwanditsiEse prostate ni iki ?
Porositate ni rumwe mu ngingo z’umubiri w’umugabo rujyanye n’imyororokere, ikaba iri imbere munsi y’uruhago, aho ishinzwe gukora ibintu bituma intanga iyo zimaze kuva aho zikorerwa mu mabya zizamuka mu miyoboro zikagera ahantu mu tuntu tumeze nk’udusaho (tumeze nk’udufuka) zigahura n’amazi agizwe na poroteyine yakozwe na porositate akajya muri twa dusaho, intangangabo zagera mo akaba ariho zikurira.
Ayo mazi nizo ntanga akaba ari nabyo byitwa amasohoro”. Porositate ifite (...) -
Imiterere y’igitsina cy’umugore yaba ifite uruhe ruhare mu munezero w’Abashakanye? Ibyo wamenya
28 October 2021, by UbwanditsiUburyohe,ibyishimo n’umunezero biboneka mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore ni Imana yabiremye.
Umugore afite uko yaremwe kugira ngo mugihe cy’imibonano mpuza bitsina aryohere umugabo we n’umugabo Imana ifite uko yamuremye kugira ngo aryohere umugore we.
Uyu munsi turavuga ku byangombwa by’ingenzi umugore agomba kuba yujuje kugira ngo aryohere umugabo we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Kuba umugore afite igitsina gusa ntabwo bihagije ngo mu gihe cy’imibonano (...) -
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
Umugwaneza avuga ko yakubiswe n’abapolisi bakamumena amatwi, akaba yarabuze aho abaza
5 December 2019, by UbwanditsiUmudamu witwa Umugwaneza Sam Gisele avuga ko agendana ubumuga bwo kutumva nyuma yo gukubitwa n’abapolisi babiri bakamumena amatwi nk’uko abivuga ndetse na raporo za muganga zabyerekanye ariko akaba yarabuze ubutabera kubera ko inzego zose yiyambaje zimuhahana
-
Ese ikibazo cyangwa indwara yo kunanirwa gutera akabariro no kubaka urugo iravurwa igakira?
27 March 2019, by UbwanditsiUbusanzwe Libido ni imbaraga zisunika umuntu zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina . Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido ibatenguha igihe cyo gutera akabariro.