Intumwa Paul GITWAZA umushumba mukuru w’itorero zion temple ku isi yose yirukanye burundu abari ibyegera bye , anabambura uburenganzira bwo kuzongera kubwiriza mu matorero ye aho ariho hose ku isi. […]
Intumwa Paul GITWAZA umushumba mukuru w’itorero zion temple ku isi yose yirukanye burundu abari ibyegera bye , anabambura uburenganzira bwo kuzongera kubwiriza mu matorero ye aho ariho hose ku isi.
Nyuma yo kutumvikana kwakomeje kuvugwa hagati y’ubuyobozi bukuru na bamwe mu bari abakozi biri (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Intumwa y’Imana Paul Gitwaza yirukanye abari ibyegera bye bane(AMAFOTO)
9 May 2017, by Martin Munezero -
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
25 September 2021, by Dusingizimana RemyCol. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Mbere tariki 24 Kamena 2019
24 June 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Ni iki gitera kugira ibinure byinshi ku mwijima? Bigira izihe ngaruka ? Uvurwa gute?
14 July 2021, by UbwanditsiInyama y’umwijima ni inyama ifite akamaro kenshi mu mubiri. Muri iki gihe rero abantu benshi bagira ibibanezeza byinshi nko kunywa inzoga nyinshi gusa ntibamenya ko hari ibice by’umubiri biba byangirika.Umwijima ni inyama yo mu nda yangizwa no kunywa Alukolo (Alcohol) nyinshi.
Ese ibinure ku mwijima bisobanuye iki?
Ibinure byinshi ku mwijima cyangwa se Fatty Liver/ Hepatic steatosis ni igihe umwijima wawe uba ubitse ibinure byinshi kuburyo bishobora gutuma udakora neza ndetse bikaba (...) -
Nathan wari umwe mu bayobozi ba MHC yirukanywe burundu
2 June 2018, by Nsanzimana ErnestNtwari Biziyaremye Nathan wari Umuyobozi ushinzwe Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Ireme ry’ibitangazwa mu binyamakuru mu Nama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) yirukanywe buru mu bakozi ba Leta kubera amakosa akomeye yakoze mu kazi nk’ uko byatangajwe mu myanzuro y’ inama y’ Inama idasanzwe y’ abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Kamena.
-
Ibivugwa n’ibitavugwa ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
5 April 2022, by UbwanditsiImyaka 28 irashize uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana ahanuwe mu ndege Falcon 50, hamwe na Cyprien Ntaryamira wayoboraga u Burundi, abantu barindwi n’abakozi batatu bo mu ndege. Hari Tariki 6 Mata 1994.
-
Cartoon: Bamwe mu babonaga uko inyubako ya Hotel Top Tower isenywa bicuzaga impamvu inzu itagira amapine
13 July 2017, by UbwanditsiBamwe mu bazindutse babona aho imirimo yo gusenya inyubako ya Hotel Top Tower igeze bicuzaga impamvu inzu itagira amapine. Umujyi wa Kigali waraye utangiye gusenya iyi nyubako mu ijoro ryakeye uyishinja kutuzuza ubuziranenge ndetse no kuba itajyanye n’igishushanyo mbonera cy’Umujyi
-
Col Tom Byabagamba aritaba "Ubujurire" kuri uyu wa gatatu aburana “Gatoroshi”
27 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba araburana mu mizi ubujurire bwe kuri uyu wa 28 Mata 2021 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana mu bujuire icyaha cyo kwiba gatoroshi na sharijeri yayo.
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rukaba rwari rwamuhamije iki cyaha rumukatira imyaka 3 yaje yiyongera ku yindi 15 yari yarakatiwe mbere.
Tom Byabagamba yahoze ari Col mu gisirikare cya RDF yahamijwe icyaha cy’ubujura n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ahita akijuririra kuko yaburanye agihakana.
Col Tom Byabagamba yari (...) -
Ruhango: Gitifu wâasenyewe inzu yabanagamo n’ umuryango we aravuga ko yazize kwanga guha umuyobozi ruswa
2 August 2017, by Nsanzimana ErnestMwizere Marcel wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Tambwe ko mu murenge wa Ruhango uherutse gusenyerwa inzu yari imaze kumutwara miliyoni zirenga enye z’ amafaranga y’ u Rwanda aravuga ko yasenyewe kubera ko yanze gutanga ruswa y’ ibihumbi 500.
Ku Gatanu w’ icyumweru gishize tariki 28 Nyakanga nibwo ubuyobozi bw’ akarere ka Ruhango bwashyize hasi inzu ya Mwizere.
Marcel yatangarije Umuryango ko ubuyobozi bumukuriye na polisi baje bagasohora ibikoresho byari mu nzu yari amaze (...) -
’Abanze kwitandukanya n’abacengezi bose barishwe’-Amagambo yatumye Pasiteri Zigirinshuti Michel ahagarikwa muri ADEPR
3 November 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTUmuvugabutumwa umaze kumenyekana cyane mu Rwanda, Pasiteri Michel Zigirinshuti, yahagaritswe n’itorero rya ADEPR kubera amagambo yakoresheje ubwo yabwiriziga abigishwa, akageraho atanga ingero yifashishije intambara y’abacengezi yabaye mu Rwanda.
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 2470