Inda zitateganyijwe ntabwo zigaragara mu bakobwa n’ abasore gusa ahubwo n’ abagore bubatse nabo batwara inda batateganyije. Ubushakashatsi buheruka bwagaragaje ko mu Rwanda ikigero cy’ inda zitifujwe kiri kuri 47%. Impuguke mu bijyanye n’ ubuzima bw’ imyororokere n’ uburenganzira bwa muntu Dr Aflodis Kagaba asanga Abanyarwanda bahinduye imyumvire na Leta y’ u Rwanda ikaborohereza byagabanya ikigero cy’ inda zitifujwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Buri twita rigomba kuba ryateguwe kandi birashoboka
18 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
RWANDA:Reba ingano y’umushahara mushya wa Perezida w’u Rwanda, Abaminisitiri, Abadepite, Abasenateri, Guverinerinoma nibindi
4 June 2017, by Martin MunezeroIteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’Imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu bahabwa ndetse n’ibindi biherekeza iyo mishahara.
Aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu, barimo Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe w’Abadepite; Minisitiri w’Intebe; ba Visi Perezida ba Sena; ba Visi (...) -
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare cy’ u Rwanda
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba mugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego z’ ingabo, aho yohereje Brig Gen Francis Mutiganda, gukorera ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’Igihugu.
-
Imiterere y’igitsina cy’umugore yaba ifite uruhe ruhare mu munezero w’Abashakanye? Ibyo wamenya
28 October 2021, by UbwanditsiUburyohe,ibyishimo n’umunezero biboneka mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore ni Imana yabiremye.
Umugore afite uko yaremwe kugira ngo mugihe cy’imibonano mpuza bitsina aryohere umugabo we n’umugabo Imana ifite uko yamuremye kugira ngo aryohere umugore we.
Uyu munsi turavuga ku byangombwa by’ingenzi umugore agomba kuba yujuje kugira ngo aryohere umugabo we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Kuba umugore afite igitsina gusa ntabwo bihagije ngo mu gihe cy’imibonano (...) -
Umugwaneza avuga ko yakubiswe n’abapolisi bakamumena amatwi, akaba yarabuze aho abaza
5 December 2019, by UbwanditsiUmudamu witwa Umugwaneza Sam Gisele avuga ko agendana ubumuga bwo kutumva nyuma yo gukubitwa n’abapolisi babiri bakamumena amatwi nk’uko abivuga ndetse na raporo za muganga zabyerekanye ariko akaba yarabuze ubutabera kubera ko inzego zose yiyambaje zimuhahana
-
Diane Rwigara yagize icyo avuga ku mafoto bivugwa ko ari aye yambaye ubusa
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Asinapol Rwigara ufite muri gahunda kuziyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaya y’ umuntu wambaye ubusa atari ay’ ukuri
Kuva icyo gihe abantu batandukanye n’ibitangazamakuru bitandukanye byatangiye kujya bibitangaza mu buryo butandukanye benshi bibaza uburyo umwali w’umunyarwandakazi byiyongereyeho ushaka kuyobora u Rwanda yakora ibintu nk’ibi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena (...) -
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
25 September 2021, by Dusingizimana RemyCol. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.