skol
fortebet

Abafana ba Mwiseneza Josiane bibasiye bikomeye umunyamakuru w’imikino wamuvuzeho amagambo atari meza

author-image

Yanditswe na: Martin Munezero
Kuwa: Wednesday 16, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Nyuma ya Safi Madiba na Yasipi kuri ubu ni abanyamakuru ba City Radio bibasiwe n’abafana ba Mwiseneza Josiane nyuma yuko babitangaje kuri Radio ko babona adakwiye kuba Miss Rwanda nabusa.

Muramira Regis nabo bakorana mu kiganiro cy’imikino bakaba bagarutse kuri Mwiseneza Josiane aho bavugaga ku kwamamarakwe n’uburyo ashyigikiwe cyane kuri Instagram aho kumuvuga nabi cyangwa se kuvugako adakwiye ikamba bisa no gukora icyaha.

Igihe bari bagikomoza kuri iyo ngingo nibwo Regis yavuzeko akurikije uko yamubonye atifuza nabusa ko yamubera Miss.

Ibi rero bikaba byahagurukije abafana be Josiane kuri Instagram aho bakomeje kugenda basaba ifoto ya Regis ngo bamugereranye na Josiane barebe niba amurusha uburanga,abandi bamutuka ibitutsi bidasanzwe byuzuyemo no kumusebya.

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • Muramira nimumreke akomeze yirirwe muri Restora Fantastic yirire ibiryo ababeshya ngo arabamamariza nabihaga arwanireyo nk’izindi ngegera zose bamufunge, kubw’impuhwe bamufunguze atangire yidoge!!! Ubwo yari avuye Fantastic Kurya ibyubuntu da!!!

    Buriya we asa gute

    Muramira Regis! Mbega umunyamakuru utagira isoni. Ntekereza ko nk’umuntu wize utakagombye kuvuga amagambo nk’ariya kuri Josiane.
    Ngo ntiyakubera Miss kweri? Gute se ahubwo? Muhuriye he? Nta soni? Niba ushaka hit waje tukajya mu mitsi wankubita nkaguhesha hit ko nanjye ntoroshye?

    Bubaye ubugira kangahe uvuga ibintu nk’ibyo? NTUZONGERE Regis. Urimo urica indangagaciro. Uvuga nabi, uratukana.....Sinzi ibyawe. Wanakora ibindi erega ubonye itangazamakuru utarishoboye.

    Muramira Regis! Mbega umunyamakuru utagira isoni. Ntekereza ko nk’umuntu wize utakagombye kuvuga amagambo nk’ariya kuri Josiane.
    Ngo ntiyakubera Miss kweri? Gute se ahubwo? Muhuriye he? Nta soni? Niba ushaka hit waje tukajya mu mitsi wankubita nkaguhesha hit ko nanjye ntoroshye?

    Bubaye ubugira kangahe uvuga ibintu nk’ibyo? NTUZONGERE Regis. Urimo urica indangagaciro. Uvuga nabi, uratukana.....Sinzi ibyawe. Wanakora ibindi erega ubonye itangazamakuru utarishoboye.

    Namureke Gose Canke Nimba Yarigeze Kukimwima Abimubwire Amuvugir Neza Hanyuma Baze Kuvyumvikana Suko X?

    hhhhh mumureke yaravangiwe kabisa Reba ukuntu asa kabisa bahuriyehe na josiane

    Rero ngewe abantu mumeze nkaho muba mutakurikiye Muramira Regis ni umunyamakuru njyewe nemeranya nawe ibyo yavuze ikindi nuko kuba yaravuze ko uriya mukobwa atamubera miss. Yego nyine yabivuze uko abyumva ariko nanjye rwose uriya ntakwiye kuba miss rwanda.

    Regis nabo bakorana murabohorako bavuga ukuri kd ukuri kuraryana umva bavuze uko babyumva kd nuburenganzira bwabo kuko sibamututse kd ntamikibi bamuvuzeho so rero mutuze ntagikuba cyacitse

    ndabona muramira na stiven bose ari nta bwenge

    Yabivuze ngonawe muriyiminsi kugirango avugwe.arko icyoyita mwiza niki??sinabonye asa na se wa Josiane.bivugako azabyara umukobwa atabonaho ubwiza nabuke bwoguserukana mubandi.ikindi natwerereke umugore we cc umukobwa ateganya kurushinga nawe tumugereranye na Josiane turebe uwaserukira umugabo muruhame.iyo urya nabi wumva ko indyo yakubihiye arinayo nabandi barya.agatsinda abanyarwanda turashyanuka ubwose ibyoyihaga kubivuga mwitangazamakuru ryimikono ko atanavuze numero Josiane yambara na equipe akinamo.mwagiye muvuga ibyo mwatumwe naba Boss banyu mukareka kwigira aba stars musebya abanyarwanda.wenda koko ntiyaba miss pe arko ntibyaterwa nuko arimubi haba haribindi bagendeyeho kubabara kwanjye rero nuburyo Uwo Regis nawe utakwihereza umwenda kumugozi agira atya ati .sinamuha ikamba ntiwarimuha nyine waba uruwuhe se.ngaho ishime ko washakaga kuba umustar ukaba umubaye.kuko twakundaga ibiganiro byawe ukaba ubineyemo.sawa urakoze.ntimukange abanyarwanda ngonibabi ngontibakwiye ibyiza.icyotwanze niryovangura ryawe dore nuku batubuzaga kwiga mumashuli ngo wowe usa utya nibindi nibindi.mureke abanyarwanda dukundane twegucanana intege .ushoboye tumwigireho uwitinyutse tumushyigikire arko ntawe dupfobeje.kuko Intore Paul kagame uzirangaje imbere ubwobusutwa bwoguca abandi intege yarabwanze.

    Yabivuze ngonawe muriyiminsi kugirango avugwe.arko icyoyita mwiza niki??sinabonye asa na se wa Josiane.bivugako azabyara umukobwa atabonaho ubwiza nabuke bwoguserukana mubandi.ikindi natwerereke umugore we cc umukobwa ateganya kurushinga nawe tumugereranye na Josiane turebe uwaserukira umugabo muruhame.iyo urya nabi wumva ko indyo yakubihiye arinayo nabandi barya.agatsinda abanyarwanda turashyanuka ubwose ibyoyihaga kubivuga mwitangazamakuru ryimikono ko atanavuze numero Josiane yambara na equipe akinamo.mwagiye muvuga ibyo mwatumwe naba Boss banyu mukareka kwigira aba stars musebya abanyarwanda.wenda koko ntiyaba miss pe arko ntibyaterwa nuko arimubi haba haribindi bagendeyeho kubabara kwanjye rero nuburyo Uwo Regis nawe utakwihereza umwenda kumugozi agira atya ati .sinamuha ikamba ntiwarimuha nyine waba uruwuhe se.ngaho ishime ko washakaga kuba umustar ukaba umubaye.kuko twakundaga ibiganiro byawe ukaba ubineyemo.sawa urakoze.ntimukange abanyarwanda ngonibabi ngontibakwiye ibyiza.icyotwanze niryovangura ryawe dore nuku batubuzaga kwiga mumashuli ngo wowe usa utya nibindi nibindi.mureke abanyarwanda dukundane twegucanana intege .ushoboye tumwigireho uwitinyutse tumushyigikire arko ntawe dupfobeje.kuko Intore Paul kagame uzirangaje imbere ubwobusutwa bwoguca abandi intege yarabwanze.

    Yabivuze ngonawe muriyiminsi kugirango avugwe.arko icyoyita mwiza niki??sinabonye asa na se wa Josiane.bivugako azabyara umukobwa atabonaho ubwiza nabuke bwoguserukana mubandi.ikindi natwerereke umugore we cc umukobwa ateganya kurushinga nawe tumugereranye na Josiane turebe uwaserukira umugabo muruhame.iyo urya nabi wumva ko indyo yakubihiye arinayo nabandi barya.agatsinda abanyarwanda turashyanuka ubwose ibyoyihaga kubivuga mwitangazamakuru ryimikono ko atanavuze numero Josiane yambara na equipe akinamo.mwagiye muvuga ibyo mwatumwe naba Boss banyu mukareka kwigira aba stars musebya abanyarwanda.wenda koko ntiyaba miss pe arko ntibyaterwa nuko arimubi haba haribindi bagendeyeho kubabara kwanjye rero nuburyo Uwo Regis nawe utakwihereza umwenda kumugozi agira atya ati .sinamuha ikamba ntiwarimuha nyine waba uruwuhe se.ngaho ishime ko washakaga kuba umustar ukaba umubaye.kuko twakundaga ibiganiro byawe ukaba ubineyemo.sawa urakoze.ntimukange abanyarwanda ngonibabi ngontibakwiye ibyiza.icyotwanze niryovangura ryawe dore nuku batubuzaga kwiga mumashuli ngo wowe usa utya nibindi nibindi.mureke abanyarwanda dukundane twegucanana intege .ushoboye tumwigireho uwitinyutse tumushyigikire arko ntawe dupfobeje.kuko Intore Paul kagame uzirangaje imbere ubwobusutwa bwoguca abandi intege yarabwanze.

    Cyokoza har’ikintu maze kubona ubungubu abantu benshi barigushaka ukuntu bazamukira kw’izina ubungubu josiane afite bashaka kumuriraho hit nuyu regis rero kub’aribyo ashaka simbigarukaho.

    Jye mbona Muramira akwiye kuva mw’itangazamakuru akigira Gishwati kuragira inka. Ndibuka ibitutsi biteye isoni yatutse umuntu wari uvuze igitekerezo cye kuri Film Muramira yari yakoze kuri football yo mu Rwanda. Nta bunyamwuga bwe nta ndagaciro agira, nawe yari akwiye kwamburwa ubutore.

    nari narayobewe impamvu ukunda guhezwa mumamana kumbi nuko ntabitekerezo bizima ugira. ubworero ngonawe wavuze urutwa nus.............

    Ariko buriya uriya munyamakuru wanga umuntu ngo ntiyamubera miss kd turemye mu ishusho y’Imana ubwo yanze Imana nawe yiyanze ntaduce intege tera imbere Mwiseneza!

    Bajye bavuga imikino ibindi babyihorere

    ariko kuki abantu bababazwa nuko abandi bateye imbere buriya regis yumva afite ubwenge niyo josiane ataba miss ntabwo regis ategetswe kurya kubitangaza kuri radio kdi ntibinamureba nareke undi mwana atere imbere we

    mwiseneza ntanaho ahuriye na cya cyohe cyawe ngo nu mugore wawe,wirirwa yiyandarika

    mumureke nubundi ndabona uwo muramira asa nagakoko arko aturekere miss wacu dukunda

  • 1
  • 2

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa