skol
fortebet

Amakuru

Museveni yanze ko Amerika n’u Bwongereza byubaka ikigo cya gisirikare muri Uganda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u (…)

Musanze: Kutagira amarimbi bituma bakora ingendo ndende bajya gushyingura i Nyabihu

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu Mirenge ya Busogo na Gataraga (…)

Ahagombaga kubakwa Gare ya Rutsiro harahinduwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko kubera imiterere y’akarere bwahisemo guhindura (…)

U Rwanda rugiye gutangiza ibigo bibiri bitanga serivisi z’ubuhuza butisunze inkiko

Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) yatangaje ko mu rwego rwo guteza imbere uburyo bwo gukemura (…)

WhatsApp igiye kujya itambutswaho ubutumwa bwamamaza, abatabushaka bishyure 6.000 RWF buri kwezi

Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza (…)

Huye-Nyamagabe: Barishimira ko iteme ryari rigiye gutwarwa n’ibiza ryasanwe

Abakoresha umuhanda Huye-Nyamagabe barashima ko iteme riri mu gishanga cya KONFIGI (…)

TikTok yanze gukoresha uburyo burinda amakuru y’abayikoresha

TikTok yavuze ko itazashyiraho uburyo buzwi nka ‘end-to-end encryption: E2EE’ bukunze gukoreshwa (…)

Abanyarwanda baba mu Bihugu biri kwibasirwa n’ibitero bya Iran bagiriwe inama

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yizeje Abanyarwanda baba muri iki Gihugu (…)

Barafinda yageze mu rukiko ntiyaburana! Uko iburanisha ry’urubanza ryagenze

Kuri uyu wa Gatatu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, haburanishijwe (…)

Cristiano Ronaldo yahunze

Indenge bwite ya Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia yavuye muri iki (…)

Karongi: Abayobozi b’ibitaro mu ihurizo ryo kwita ku barwayi batereranwa n’imiryango yabo

Ubuyobozi bw’Ibitaro bitatu bikorera mu Karere ka Karongi bwatangaje ko kimwe mu bibangamiye (…)

Amb. Dushimimana yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Estonia

Ambasaderi Dushimimana Lambert yashyikirije Perezida wa Estonia, Alar Karis impapuro zimwemerera (…)

Ni RDC yagakwiye gufatirwa ibihano aho kuba u Rwanda - Destexhe, Senateri mu Bubiligi

Alain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze (…)

Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe

Colonel Joseph Nganzo Olikwa Tipi wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

U Rwanda ruri gukorerwa igenzura rizarufasha kubaka uruganda rw’ingufu za nucléaire

Urwego rwa Loni rushinzwe kugenzura Itunganywa ry’Ingufu za Nucléaire, (International Atomic (…)