skol
fortebet

Amakuru

Ingabo za RDC zagabye igitero gikomeye muri Mushaki

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika (…)

U Rwanda, Zimbabwe na Congo Brazzaville byagiranye amasezerano yoroshya ubuhahirane

U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire azoroshya imihahiranire hagati yarwo na Zimbabwe na (…)

Perezida Kagame yavuze kuri RDC yahaye rugari FDLR n’umuhungu wa Habyarimana

Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abo mu muryango wa Habyarimana cyane cyane umuhungu we (…)

U Rwanda rwiteguye gukuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe RDC yubahirije ibyo isabwa-Paul Kagame

Perezida Paul Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro arambye kandi rwiteguye gukuraho (…)

Kenya: Barimo kwigaragambya basaba ko abana babo bashutswe bakoherezwa ku rugamba mu Burusiya bagarurwa mu gihugu

Imiryango itandukanye ya baturage muri Kenya ku wa 5 Werurwe 2026, yakoreye imyigaragambyo mu (…)

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiye guhagararira Perezida Kagame mu nama ya EAC

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho yagiye (…)

Abanyarwanda bari muri UAE no muri Bahrain babishaka barafashwa gutaha

Ambasade y’u Rwanda muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko irimo gukorana na (…)

Umuryango Mpuzamahanga uhangayikishijwe n’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC

Itsinda mpuzamahanga rikurikirana ibibazo byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (International Contact (…)

AFC/M23 yongeye gufata uduce twa Katala na Marundi muri Mwenga

Uduce twa Katala na Marundi duherereye muri Teritwari ya Mwenga Territory twongeye kujya mu (…)

Rusizi: RIB yasabye abatuye ku Nkombo kuba maso

Mu bukangurambaga bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu buri gukorwa n’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) (…)

Min.Nduhungirehe yagaragaje impamvu umusonga w’Abanyekongo bagirirwa nabi n’ubutegetsi bwabo ubuza u Rwanda gusinzira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, avuga ko u Rwanda (…)

Agezweho: Abanyanyarwanda baba muri UAE na Bahrain nta n’umwe uragirwaho ingaruka n’ibitero bya Iran

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangaje ko nta Munyarwanda uri muri iki (…)

Gusoma ibitabo bishobora gufasha abagororwa bo muri Brésil kugabanya igifungo bakatiwe

Brésil ni kimwe mu bihugu byo muri Amerika y’Amajyepfo byiganjemo abanyabyaha benshi. Gereza (…)

Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam

Ingabo za Uganda ziri muri Somalia mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bugamije (…)

Menya amayeri akoreshwa mu butekamutwe buri gufata intera bwiganje mu birego byakirwa na RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko ibirego by’abantu baba bariganyijwe (…)