skol
fortebet

Amakuru

Abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino baburiwe

Ku wa 10 Werurwe 2026 Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha ’RIB’ Dr. Murangira B.Thierry yakebuye (…)

Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran yabereye ikibazo Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump wari waranyuzwe n’uko uwari Umuyobozi (…)

Anthropic yareze Pentagon yayishyize ku rutonde rw’ibigo byahungabanya umutekano w’igihugu

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic cyareze Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za (…)

Karongi: Abikorera bashaka kugura ubwato buzajya butembereza ba mukerarugendo

Abagize Urugaga rw’Abikorera (PSF) mu Karere ka Karongi, batangaje ko bagiye guhuza imbaraga (…)

Ibiciro bya Peteroli byagabanutse

IRGC yavuze ko Tehran itazemera ko “litiro imwe y’ibikomoka kuri peteroli” yoherezwa mu mahanga (…)

Twakwemera abasirikare 1000 bakagwa ku rugamba bitangira Umunyarwanda umwe- Gen Mubarakh Muganga

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yatangaje ko zakora byose birimo no (…)

U Rwanda rwatangiye gutanga urukingo rushya rurinda kanseri nyinshi

U Rwanda rwatangiye gutanga urukingo rushya rwitwa Gardasil 9 rwa virusi izwi nka ‘human (…)

Sudani: Ibitero bya drone byahitanye abantu 33

Ibitero bya drones byagabwe ku masoko abiri yo mu gace ko mu Burengerazuba bwa Leta ya Kordofan (…)

Kayonza: Bagowe n’ubuke bw’abaganga abarwayi ari benshi

Abatuye mu Murenge wa Ndego, Akarere ka Kayonza, bagana Ikigo Nderabuzima cya Ndego, (…)

Sudan: Igitero cya drone mu isoko cyahitanye abaturage 17

Umutwe wa Sudan People’s Liberation Movement-North (SPLM-N) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu ku (…)

Umugore wa Tshisekedi yamusabiye amasengesho

Umugore wa Perezida Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise (…)

Gambia yifuza kurahura mu Rwanda imikorere y’urubuga ‘IremboGov’

Gambia yatangaje ko yiteguye kwigira ku mikorere y’urubuga IremboGov, mu gutanga serivisi za (…)

Stephen Patrick Mbundi yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa EAC

Inama rusange y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika (EAC) yashyizeho Amb. Stephen (…)

Ibihugu bya EAC bizajya bitanga imisanzu hashingiwe ku bushobozi bifite

Abakuru b’ibihugu na za guverinoma mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bafashe (…)

Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa imitwaro itari iyarwo

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruzikorera umutwaro warwo bityo ko rudakwiye kubazwa (…)