skol
fortebet

Amakuru

Jamaica yashimye umusanzu w’ingabo z’u Rwanda

Ingabo za Jamaica zashimiye Ingabo z’u Rwanda zibikuye ku mutima ku bwo gutabara iki gihugu cyo (…)

Uvira: Imirwano ikomeye yubuye mu kibaya cya Ruzizi

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byongeye guhanganira mu (…)

Intumwa z’u Rwanda zitabiriye ibiganiro na RDC i Washington

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari itsinda (…)

U Bufaransa bwatumije inama y’Akanama ka Loni nyuma y’igitero cyahitanye umuturage wabwo i Goma

U Bufaransa bwatumije inama y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano nyuma y’aho (…)

Djibouti yashimye ibikorwa bya Mushikiwabo muri OIF

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibouti, Abdoulkader Houssein Omar yatangaje ko kuva igihe (…)

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, (…)

Kigali: Polisi yagaruje moto, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 Frw

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yagaruje moto y’umuturage yari yibwe mu Karere ka (…)

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we (…)

U Rwanda na Djibouti byaganiriye uko byakwagura ubufatanye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, (…)

Sénégal: Biyemeje gukusanya arenga miliyoni 30 Frw azafasha abagore bo mu Rwanda kwipimisha kanseri

Abanyarwanda baba muri Sénégal biyemeje gukusanya miliyoni 10 CFA (arenga miliyoni 38 Frw) (…)

Israel yagabye ibitero mu mijyi itatu ya Iran icyarimwe

Ingabo za Israel zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero bigamije kwangiza ibikorwaremezo mu mijyi (…)

Queen Kalimpinya yahembwe nk’umugore witwaye neza mu masiganwa y’imodoka muri Kenya

Umunyarwandakazi Queen Kalimpinya yahembwe nk’umugore witwaye neza muri Shampiyona y’Igihugu ya (…)

Inteko Ishingamategeko ya DR Congo igiye gutangira kuganira ku masezerano y’amahoro ya Washington

Kuri uyu wa 16 Werurwe 2026, Inteko Ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (…)

U Rwanda ni urwa 2 muri Afurika mu kugira abaturage bafite ubumenyi mu ikoranabuhanga

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu kugira umubare munini w’abaturage bafite (…)

Congo-Brazzaville: Amatora yabaye nta internet, nta telephone

Amatora y’umukuru w’igihugu muri Congo-Brazaville yarangiye ku cyumweru aho yaranzwe no kuba nta (…)