skol
fortebet

Amakuru

Umusenateri yeguye nyuma yo gutangaza ko Tshisekedi atagomba kurenza manda ebyiri

Umunyapolitiki Modeste Bahati Lukwebo yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa kabiri wa Sena ya (…)

Kayonza: Imvura yasenye inzu 21, amashuri n’urusengero rwa ADEPR

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza bwatangaje ko imvura yaguye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane, (…)

Kayonza: Barifuza gukorerwa umuhanda Nyawera- Gasarabwayi ukaborohereza ingendo

Abatuye i Nyamugari mu isantere ya Gasarabwayi mu Murenge wa Mwiri, mu Karere ka Kayonza, basaba (…)

ADEPR yahagaritse abavugabutumwa 35 bahamijwe ibyaha bya Jenoside

Ubuyobozi bw’Itorero rya Pentekote ry’u Rwanda (ADEPR) bwatangaje ko bwambuye inshingano za (…)

U Rwanda na RDC byumvikanye kubahiriza bifatika amasezerano ya Washington

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byumvikanye gufata ingamba zifatika mu (…)

Iran yihoreye, Israel yica Minisitiri wayo w’Ubutasi: Ibigezweho mu ntambara ziri ku Isi

Abantu babiri bishwe n’ibisasu Iran yarashe muri Israël ihorera urupfu rwa Ali Larijani wari (…)

U Bubiligi bwemeye ko urubanza rw’abagize uruhare mu rupfu rwa Lumumba ruburanishwa

Urukiko rwo mu Bubiligi rwemeje ko Umubiligi wahoze ari umudipolomate, Etienne Davignon, ufite (…)

Musanze: Yafatanywe ibiro bisaga 6 by’urumogi arimo kurukwirakwiza

Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, tariki ya 16 werurwe 2026, ishami rya Polisi rishinzwe (…)

Zambia: Basabwa ruswa y’igitsina ngo bazashyigikirwe mu matora y’Abadepite

Umuyobozi ushinzwe ishami ry’uburinganire mu biro bya Perezida wa Zambia, Mainga Kabika, (…)

Iran yemeje urupfu rw’Umuyobozi w’Inama y’Umutekano yayo

Leta ya Iran yemeje ko Umunyamabanga w’Inama y’Umutekano yayo, Dr. Ali Larijani, yiciwe mu (…)

Agathon Rwasa ahamya ko nta mpamvu ingabo z’u Burundi zifite yo kurwanira muri RDC

Umunyapolitiki Agathon Rwasa utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yatangaje ko nta mpamvu (…)

Abantu 23 bishwe n’ibisasu by’abiyahuzi muri Nigeria

Polisi ya Nigeria yatangaje ko abantu 23 bapfuye abandi 108 barakomereka nyuma y’ibisasu bikekwa (…)

Botswana yahakanye gucumbikira ikigo cya gisirikare cya Amerika

Guverinoma ya Botswana yatangaje ko nta kigo cy’ingabo za Amerika kiri muri Thebephatshwa ahubwo (…)

Israel yemeje ko yishe Umuyobozi w’Inama y’Umutekano ya Iran

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko Umunyamabanga w’Inama y’Umutekano ya (…)

Kenya: Guverineri yagereranyije Perezida Ruto na shitani

Guverineri w’agace ka Trans-Nzoia muri Kenya, George Natembeya, yatangaje amagambo yibasira (…)