skol
fortebet

Amakuru

Kabila yasabye ko habaho ibiganiro, yamagana Tshisekedi yise "gashozantambara"

Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yongeye kunenga (…)

Burundi : Umuturage yahanishijwe kwishyura amande arenga 1,700,000Fbu azira kuragira ihene

Umuturage utuye mu Ntara ya Butanyerera mu Gihugu cy’u Burundi yaciwe amande y’arenga 1,700,000 (…)

Minisitiri w’Intebe Starmer yabwiwe ko ikosa rikomeye yakoze ari ukwikura mu masezerano n’u Rwanda

Anthony John Smith wabaye Umuyobozi w’Urwego rushinzwe umutekano w’imipaka mu Bwongereza, yavuze (…)

FIC iraburira abatera inkunga iterabwoba

Ikigo cy’Ubutasi mu by’Imari (FIC) kiraburira abantu batanga amafaranga cyangwa indi mitungo (…)

Nyabihu: Abantu barindwi batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu bujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga

Ku wa mbere Tariki ya 23 Werurwe 2026, Polisi y’Igihugu ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yeretse (…)

AFC/M23 yatanze impuruza ku mperuka iri kuba mu Minembwe

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe 2026, watanze impuruza ku bihe bisa (…)

Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia wiyongereye

Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia, wazamutse ugera ku bantu (…)

Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kabale cyatangiye gukora iperereza nyuma y’urupfu rutunguranye (…)

Impamvu Tshisekedi yahisemo gukoresha umuhungu wa Habyarimana mu barwanya Leta y’u Rwanda

Hashize iminsi havugwa ingendo z’abarwanya Leta y’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokorasi (…)

Uwabaye muri Guverinoma ya Kenya yafungiwe guca igikuba

Raphael Tuju wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Guverinoma ya Kenya, yatawe muri (…)

Uganda: Umunyarwandakazi yahamijwe umugambi wo gucucura banki arenga miliyoni 280 Frw

Umunyarwandakazi Elizabeth Mbabazi, yakatiwe n’urukiko rwo muri Uganda gufungwa amezi atandatu, (…)

Iran yahise itangaza uko izihimura igihe hashyirwa mu bikorwa umugambi watangajwe na Trump

Iran yatangaje ko yiteguye kugaba ibitero bikomeye ku bikorwaremezo by’amashanyarazi bya Israel, (…)

Trump yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Amerika yagiranye ibiganiro (…)

Ibyamenyekanye ku Banya-Uganda batandatu bafungiwe kwiba miliyari 4Frw Banki yo mu Rwanda

Abanya-Uganda batandatu bakurikiranyweho ubujura bukoresheje ikoranabuhanga bwa miliyari 4,9 Frw (…)

U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko (…)