skol
fortebet

Amakuru

Trump yateguje igitero kuri Cuba

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Cuba ari yo bagiye kugabaho igitero cya gisirikare.

Umukinnyi wa filime Taylor Lautner n’umugore we bagiye kwibaruka imfura

Taylor Lautner uri mu bakinnyi ba filime bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje (…)

Arenga miliyari 92,9 Frw agiye gushorwa mu cyiciro cya kabiri cyo kuhira i Kayonza

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yemeje burundu amasezerano y’inguzanyo y’inyongera (…)

Rwamagana: Umugabo yarohamye mu mazi aburirwa irengero

Umugabo w’imyaka 31 wari ucumbitse mu kagari ka Rwimbogo mu Murenge wa Nyakaliro mu karere ka (…)

Rubavu: Umugabo n’umugore Bagwiriwe n’urukuta bikekwa ko barimo gutera akabariro

Umugore bivugwa ko yararyamanye n’umugabo utari we Bagwiriwe n’urukuta barapfa, abaturage bavuga (…)

Abagore basabwe kwihatira kujya mu buyobozi bw’inzego z’ibanze aho bakiri bake

Inzego zireberera iterambere ry’abagore mu Rwanda zabasabye kwitabira kujya mu myanya (…)

Perezida Ramaphosa yavuze ku kagambane bivugwa ko yakorewe mu nama ya G7

Ku wa 26 Werurwe 2026, Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida muri Afurika y’Epfo, Vincent Magwenya, (…)

RDC yasabye LONI gukura ingabo z’u Rwanda ku butaka bwayo

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye gusaba ko ingabo z’u Rwanda (…)

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukerensa kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizumana Jean Damascene (…)

Hongrie: Umunyamakuru akurikiranyweho gufatanya n’amahanga gutata igihugu cye

Minisitiri w’Ubutabera wa Hongrie, Bence Tuzson yatangaje ko bari gukuerikirana umunyamakuru (…)

Nyagatare: Abagabo bakubitwa n’abagore bagaterwa ipfunwe no kurega

Bamwe mu bagabo bo Murenge wa Musheri mu karere ka Nyagatare, bavuga bahohoterwa bagaterwa (…)

Inkangu yahitanye abamotari babiri b’i Karongi

Imvura nyinshi yaguye mu Karere ka Karongi yateje inkangu ifunga umuhanda, igwira abamotari (…)

‘Signature’ ya Trump igiye gushyirwa ku Madolari

Umukono (signature) wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ugiye gushyirwa (…)

Abanyazimbabwe 15 bishwe barwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine

Zimbabwe yatangaje ko abaturage bayo 15 bishwe nyuma yo guhabwa akazi ko kurwanira u Burusiya mu (…)

Igisirikare cy’u Rwanda n’icya Tanzaniya byumvikanye ku ngamba zigamije kongera ubufatanye

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) kuri uyu wa 26 Werurwe 2026, basoje inama ya 15 (…)