skol
fortebet

Amakuru

. Afurika y’Epfo yahakanye ko yasabye abaturage gukorera mu ngo kubera ibura rya lisansi

Ibihugu bitandukanye byo muri Afurika bikomeje guhura n’ingaruka z’ibikomoka kuri peteroli (…)

Imfu z’ababyeyi babyara zagabanutseho 61/100,000 – Dr. Nsengiyumva

Imfu z’ababyeyi bapfaga mu gihe cyo kubyara zagabanutseho 61/ 100,000, bitewe n’imbaraga (…)

Amajyaruguru: Hangijwe litiro zirenga ibihumbi 157 z’inzoga zutujuje ubuziranenge

Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ifatanyije n’inzego z’ibanze zo mu Ntara y’Amajyepfo yangije (…)

Maduro agiye gutangira kuburanishwa muri Amerika

Nicolas Maduro wahoze ayobora Venezuela wakuwe ku butegetsi ndetse agafatwa na Leta Zunze Ubumwe (…)

I Kinshasa lisansi irabona umugabo igasiba undi

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu Murwa Mukuru, Kinshasa, lisansi (…)

Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro bitihi se ikaraswa mu buryo bwo (…)

Minisitiri Nkulikiyinka yashyikirije Minisitiri w’Intebe wa Maurice ubutumwa bwa Perezida Kagame

Ku wa 25 Werurwe 2026, Minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo Amb. Christine Nkulikiyinka, (…)

Umuyobozi mu Ngabo za Loni muri S.Sudani yasuye iz’u Rwanda azibutsa icyo zigomba guhora ziteguye

Umugaba w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, ushinzwe (…)

U Bwongereza: Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani hashyizweho Musenyeri w’umugore

Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani mu Bwongereza, hashyizweho Musenyeri w’umugore uwo akaba ari (…)

U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku bitero bya Iran

U Rwanda rwagaragaje ko ibitero by’ubushotoranyi Iran ikomeje kugaba ku bihugu byo mu (…)

“Muzangaye gutinda ariko ntabwo bizahera” – Perezida Kagame ku butaka yemereye Abayisilamu

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25 Werurwe 2026, Perezida Paul Kagame yasezeranyije Abayisilamu bo (…)

ONU yatoye yemera ko ubucakara bwakorewe Abanyafurika ari cyo ’cyaha gikomeye cyane cyibasiye inyokomuntu’

Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) yatoye yemera ko ubucakara bwakorewe (…)

Trump azasura u Bushinwa muri Gicurasi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, azahurira na mugenzi we w’u Bushinwa, Xi (…)

Perezida Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we Sassou N’Guesso wa Congo Brazzaville

Perezida Paul Kagame yoherereje ubutumwa mugenzi we wa Congo Brazzaville, Denis Sassou N’Guesso (…)

Muhanga: Umushoferi yarohamanye n’ikamyo muri Nyabarongo

Mu Karere ka Muhanga hakomeje gusubirwamo inkuru y’umushoferi w’imyaka 43 warohamanye n’ikamyo (…)