skol
fortebet

Amakuru

Masisi: Haramukiye imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC/Wazalendo

Imirwano ikaze yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 1 Mata, mu mujyi wa Shoa, (…)

Abajura bibye ibishushanyo byo mu Butaliyani bya miliyoni 10$

Abajura bane bibye ibishushanyo bitatu bihenze mu nzu y’ubugeni ya Magnani Rocca Foundation (…)

Kimwe mu bigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano mu Rwanda cyahagaritswe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ikigo Security Company Against Robbery (SCAR) Ltd gitanga (…)

Congo yatanze konji mu Gihugu hose nyuma y’intsinzi y’ikipe y’Igihugu yayinjije mu Gikombe cy’Isi

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze umunsi w’ikiruhuko rusange, (…)

Liban: Ambasade ya Ukraine yashinjwe gucumbikira intasi ya Israel

Ubutegetsi bwa Liban bwasabye Ambasade ya Ukraine i Beirut kubushyikiriza ukekwaho kuba intasi (…)

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

Ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bw’ikigo cya Musaga i Bujumbura, bwahuye n’iturika (…)

Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku byatangajwe na FARDC ko igiye kwambura intwaro FDLR no kuyirandura

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yibukije (…)

Mana rinda u Burundi- Ndayishimiye nyuma yo guhisha ububiko bw’intwaro

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye Imana kubana n’u Burundi, nyuma y’uko iki (…)

Trump yatangaje ko intambara ya Iran izarangira mu byumweru bitatu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko bateganya guhagarika intambara ya Iran nko (…)

Trump yihenuye ku bihugu byanze kumufasha Iran biri kugorwa n’itumbagira ry’ibiciro bya lisansi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yihenuye ku ibihugu byanze kumufasha (…)

Ububiko bw’intwaro i Bujumbura bwahiye burakongoka

Umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Gen Gaspard Baratuza, yatangaje ko hari ububiko bw’intwaro bwo (…)

Perezida Touadéra yarahiriye kuyobora Santarafurika ashima by’umwihariko Ingabo z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Central Africa, Prof. Faustin-Archange Touadéra, yarahiriye kuyobora (…)

AFC/M23 irashinja ihuriro rishyigikiye Kinshasa kugaba ibitero simusiga ku baturage

Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, ihuriro ry’ingabo (…)

Gen. Muhoozi yafunguye Gen. Namanya anamuhanaguraho ibyaha byose

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yafunguye Brig Gen Johnson Namanya (…)

Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa

Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe (…)