skol
fortebet

Amakuru

Zimbabwe: Hitezwe ivugurura ry’Itegeko Nshinga rizatuma Mnangagwa atinda ku butegetsi

Abatavuga rumwe na Leta muri Zimbabwe batangaje ko umwuka wa politiki atari mwiza mu gihugu (…)

Urukiko rwasubitse gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga

Urukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwasubitse gahunda yo gusoma umwanzuro w’ubujurire ku (…)

Nta bihano cyangwa ibitutsi byahindanya icyubahiro n’ubunyangamugayo bwa RDF- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano zarwo (…)

MINUBUMWE yerekanye ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cy’Icyunamo

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yagaragaje ibikorwa (…)

Guterres yeretse amahanga ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bijyana no kurwanya urwango n’ibiruhembera

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye umuryango mpuzamahanga (…)

Hamenyekanye Umunsi AFC/M23 na Leta ya RDC bazahurira mu biganiro mu Busuwisi

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro rya AFC/M23, (…)

U Burundi bwibasiwe n’icyorezo cya choléra

Imibare y’abandura icyorezo cya choléra mu Burundi ikomeje kuzamuka bitewe ahanini no kutagira (…)

Arenga miliyari 100 Frw ashobora gukoreshwa mu kuvugurura ahari hatuye Umwami Gihanga

Umurenge wa Nkotsi wo mu Karere ka Musanze, wamuritse umushinga wo kuvugurura kamwe mu duce (…)

Uko ifatwa rya Uvira ryari ryavanye u Burundi mu ntambara yo muri Congo

Ifatwa ry’umujyi wa Uvira ku itariki ya 10 Ukuboza 2025, ufatwa n’abarwanyi ba AFC/M23 ryahise (…)

Uganda: Uwigize Yezu arembejwe n’inkoni yakubiswe

Dennis Zziwa wiga mu mwaka wa kabiri mu Ishami ry’Amategeko muri Kaminuza ya Kampala (…)

Iran yateye utwatsi nyiranterangwa ya Perezida Trump

Ku wa 05 Mata 2026 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Jr Trump yanditse ubutumwa (…)

Gatsibo: Umupadiri yatawe muri yombi azira gusomera misa ahatemewe

Umupadiri wa Kiliziya Gatolika muri Paruwasi ya Kiziguro yo mu Karere ka Gatsibo, yatawe muri (…)

Minisitiri Bizimana yasabye gukosora imvugo “indangamirwa” ikoreshwa ku bakora uburaya

Minisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, (…)

U Rwanda mu nzira yo kubika umurage ndangamateka mu ikoranabuhanga rya 3D

Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage zo mu Rwanda bwatangaje ko buri mu rugendo rwo gushyira (…)

Ruhango: Arenga miliyoni 900 Frw yashowe mu gutunganya imyanda

Akarere ka Ruhango kashoye miliyoni 980 Frw mu mushinga wo gukusanya imyanda no kuyitunganya, (…)