skol
fortebet

Amakuru

RDC izakira abimukira birukanywe na Amerika muri iki cyumweru

Muri iki cyumweru, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo izakira abimukira b’abanyamahanga (…)

Nyarugenge: Iduka ryo mu isoko ryibasiwe n’inkongi y’umuriro

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko iduka ryarimo ibicuruzwa by’amoko (…)

U Busuwisi: Ibiganiro bya Leta ya RDC na AFC/M23 byatangiranye amahane

Ibiganiro by’amahoro byahurije intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yavuze ko amagambo ya Trump kuri Papa Léo XIV atari ayo kwihanganirwa

Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, yatangaje ko amagambo Perezida wa Leta Zunze (…)

Bénin: Romuald Wadagni yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Bénin yatangaje ko umukandida watanzwe n’Ishyaka riri ku (…)

Trump yasibye ifoto yari yatangaje yigaragaza Yesu ukiza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yasibye ku rukuta rwe rwa Truth Social (…)

Ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza muri ‘World of Coffee San Diego’

Ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza zasogongewe mu Imurikagurisha mpuzamahanga ry’Ikawa (…)

Ingabo z’utavuga rumwe na Perezida Salva Kiir zisubije umujyi wa Akobo

Umujyi wa Akobo wo muri Sudani y’Epfo wongeye gufatwa n’ingabo zo ku ruhande rutavuga rumwe (…)

Ngoma: Abantu 26 bakubiswe n’inkuba , Umwe ahita apfa

Abantu 26 bo mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma, bakubiswe n’inkuba, umwe ahita apfa (…)

Musanze: Abarokotse Jenoside banenga abayobozi n’abihayimana babibye amacakubiri

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Busogo, Akarere ka Musanze, banenga bamwe (…)

Kinshasa: Abadepite bashaka kweguza Minisitiri w’Umutekano

Abadepite bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashaka kweguza Minisitiri (…)

Igisubizo Papa Leo XIV yahaye Trump wamuvuzeho amagambo amwibasira

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Leo XIV yavuze ko adashaka guterana amagambo na (…)

Perezida wa FERWAFA yahaye ubutumwa bwihariye Abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka

Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yatangaje (…)

Muhima: Bifuza ko Saint Famille hakorwa umuganda wo gushaka umubiri w’uwahiciwe muri Jenoside yakorewe abatutsi

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 mu Murenge wa Muhima mu Karere ka (…)

AFC/M23 na RDC barahurira mu biganiro byimuriwe mu Busuwisi

Kuri uyu wa mbere tariki 13 Mata 2026, igihugu cy’Ubusuwisi kirakira icyiciro gishya (…)