skol
fortebet

Amakuru

Amerika: Umugabo yishe arashe abana umunani barimo barindwi be

Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko witwa Shamar Elkins yishe arashe abana umunani, barindwi muri bo (…)

Ibikomoka kuri peteroli bizahenda ariko ntabwo bizabura – MINICOM

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Marie Kajangwe yahumurije (…)

Tanzania: Abagabo batatu bakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rw’Ubujurire ruherereye i Mbeya muri Tanzania rwemeje igihano cy’urupfu cyari cyahawe (…)

Leta ya RDC yemereye abahuza kutazongera kwica abasivile n’amatungo yabo

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemereye abahuza hagati yayo n’Ihuriro rya AFC/M23 ko (…)

Ndayishimiye yahamije ko inkongi yafashe ububiko bw’ibisasu i Bujumbura itatewe n’amashanyarazi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko inkongi yafashe ububiko bw’intwaro bwo (…)

Burundi: Ibimenyetso bigaragaza ko Minisitiri w’Itumanaho ashobora kuba yarishwe biri kwiyongera

Mu gihe Leta y’u Burundi ihamya ko uwabaye Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru kuva muri (…)

Madagascar: Colonel afunzwe akekwaho gushaka kwica Perezida

Ku wa 17 Mata 2026, inzego z’umutekano za Madagascar zataye muri yombi Colonel Patrick (…)

2025: Habaye gatanya 4,479, Kigali iza ku isonga na 1,119

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)cyatangaje ko umwaka ushize wa 2025, muri raporo (…)

U Bufaransa bwamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Rouen

Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda yamaganye abangije ikimenyetso cy’urwibutso rwa Jenoside (…)

Amb Maj. Gen. Nzabamwita yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Serbia

Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Serbia, (…)

Tanzania: Abanya-Kenya icyenda batawe muri yombi bakekwaho gucuruza abantu

Leta ya Tanzania yataye muri yombi Abanya-Kenya icyenda bakora mu bwato bwitwa FV Sea Mfalme (…)

Leta ya RDC yashimangiye ko izatoranya Abanye-Congo iganira na bo

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashimangiye ko mu biganiro bigamije (…)

Urujijo ku murongo muremure w’amakamyo bikekwa ko yikoreye intwaro yagaragaye mu Burundi

Kuva mu Ukuboza 2025, mu Burundi hinjiye amakamyo menshi yikoreye intwaro z’ubwoko butandukanye, (…)

Amerika yibukije Leta ya RDC ko igomba gusenya FDLR bwangu

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

U Burundi bwemeje ko Minisitiri w’Itumanaho yishwe n’impanuka

Guverinoma y’u Burundi yemeje ko Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru, Gabby Bugaga, yishwe (…)