skol
fortebet

Amakuru

Tariki ya 23 Mata 1994: Umunsi Abatutsi bishwe bakajugunywa mu cyuzi cya Nyamagana

Tariki ya 23 Mata mu 1994, ni umunsi wa 17 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze, ukaba (…)

Ba Perezida 2 baburiye Ndayishimiye ku mugambi we wo gutera u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi biravugwa ko aherutse guhamagarwa na ba Perezida (…)

Leta ya Zambia iracyashaka gushyingura Edgar Lungu wapfuye mu mezi 10 ashize

Guverinoma ya Zambia yatangaje ko igifite umugambi wo gushyingura Edgar Lungu wahoze ari (…)

Umujyi wa Kigali watangaje imihanda yahariwe bisi mu masaha abonekamo abagenzi benshi

Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 hari imihanda imwe (…)

Umukire wa mbere muri Afurika yungutse arenga Tiriyari 4 Frw mu gihe gito

Umunya-Nigeria Aliko Dangote, uzwi nk’umukire wa mbere muri Afurika, akomeje kwiyongera mu (…)

Trump yahaye Iran nyirantarengwa y’iminsi itatu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahaye Iran iminsi iri hagati y’itatu (…)

Abanya-Afghanistan Trump ashaka kohereza kwa Tshisekedi babyanze

Abanya-Afghanistan 1,100 bafashije Amerika mu ntambara leta ya Donald Trump ishaka kohereza muri (…)

Rurageretse hagati ya Perezida Ndayishimiye na ’Imbwa Itukura’

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahanganye n’Umurundi wiyise ‘Imbwa Itukura’ ku (…)

Iran ntiteze gufungura Hormuz, izarwana kugeza ku mwuka wa nyuma

Mu gitondo cyo ku wa gatatu tariki 22 Mata 2026 Iran yavuze ko “yafashe” amato abiri y’imizigo (…)

Ubuhamya bw’abimukira ba mbere birukanywe na America boherejwe muri Congo

Abimukira birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za America bakoherezwa muri Repubulika Iharanira (…)

Ukekwaho kwiba mudasobwa wafashwe nyuma yuko hagaragaye amashusho ya camera z’umutekano ntagifunze

Umusore wari uherutse gutabwa muri yombi akekwaho kwiba mudosobwa ebyiri z’Ikigo cya Buyoga mu (…)

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo yarakaye nyuma yuko ishyaka rya Tshisekedi ritangije ibyo kuvugurura Itegeko Nshinga

Umunyapolitiki uri mu bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa LONI muri Centrafrique zavuye abaturage 170

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya (…)

Prof Lumumba yatangaje ko iyo ushaka kureba ibikorwaremezo byubakwa uko ingengo y’imari yabiteganyije ujya i Kigali

Umuhanga mu by’amategeko akaba n’umwe mu baharanira ubumwe bwa Afurika, Prof. Patrick Loch (…)

Kinshasa: Abasirikare n’abapolisi barasanye bikomeye

Ku wa 21 no ku wa 22 Mata 2026, abasirikare n’abapolisi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)