skol
fortebet

Amakuru

Tchad: Abayobozi b’amashyaka 8 batawe muri yombi

Muri Tchad, abaperezida umunani b’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bafatiwe i Ndjamena kuri (…)

Colombia: Inyeshyamba zirashinjwa kugaba igitero cyaguyemo abantu 14

Perezida wa Colombia, Gustasvo Petro arashinja inyeshyamba zifitanye isano n’umutwe wa FARC (…)

Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu bikennye bidakwiye gutegekwa uko bibaho

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ibihugu bikennye byagowe kuko ibikize bihora bishaka (…)

Ruhango: Umuturage yapfuye ari gukora umuganda

Umugabo w’imyaka 45 witwaga Nyandwi Emmanuel, wari mu muganda wo gusenya amashuri ashaje mu (…)

U Burundi: Abanye-Congo bahunze intambara ya Uvira batangiye gutaha

Abanye-Congo bari barahungiye mu Burundi ubwo ibice byo muri teritwari ya Uvira byaberagamo (…)

Ingabo za Burkina Faso zatewe, hapfa abarenga 28

Umutwe witwaje intwaro urwanya Leta ya Burkina Faso wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya (…)

Perezida Kagame yeretse Afurika uko yahangana n’ihungabana ry’ubukungu ririho ku Isi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko Afurika ikwiye kurushaho kwigira (…)

U Bufaransa mu iperereza ku Banyarwanda 36 bakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ibi byatangajwe n’Umushinjacyaha ushinzwe kurwanya Iterabwoba mu Rukiko rwa Paris mu Bufaransa, (…)

Umuyobozi mushya wa MONUSCO yageze i Goma

Kuri uyu wa 24 Mata 2026,Umuyobozi mushya wa MONUSCO, James Swan, yageze mu Mujyi wa Goma, (…)

Perezida Ruto yifatiye ku gahanga Icyongereza cyo muri Nigeria

Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko Icyongereza kivugwa nabi muri Nigeria (…)

Gen. Makenga yasoje amahugurwa y’abayobozi mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Umugaba Mukuru w’Ingabo za AFC/M23, Général-Major Sultani Makenga, ku wa Kane yayoboye umuhango (…)

Liban na Israel mu gahenge k’ibyumweru bitatu

Israel na Libani batangiye kumvana imitsi kuva mu 1948. Rwabuze gica bagwa miswi kuko ntabwo (…)

Kigali: Hagiye gushyirwaho aho abantu bazajya basiga imodoka zabo bagatega bisi

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye gushyirwaho ahantu abantu bazajya baparika (…)

U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Washington

Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye mu nama ya gatanu (…)

Nyanza: Umukecuru yasanzwe yishwe, abantu bane batabwa muri yombi

Umukecuru w’imyaka 67 wo mu Karere ka Nyanza yasanzwe yishwe, bikekwa ko yaba yarishwe n’abantu (…)