skol
fortebet

Amakuru

Nyarugenge: RIB yafashe uwasambanyaga abakobwa abashukisha kubabonera akazi

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze uwitwa Habarurema Jean D’amour (…)

Kigali: Polisi yafashe abagabo 2 bafite urumogi ibiro 2 n’udupfunyika twarwo 237

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Gasabo yafashe abagabo 2 bacuruza ikiyobyabwenge (…)

RSSB yatangije ikigega cya miliyari 43 Frw yo guteza imbere imishinga iciriritse

Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyatangije ikigega kigamije guteza imbere imishinga (…)

Kenya yahakaniye Loni ibirego byo gusambanya abana abapolisi bayo bashinjwe muri Haiti

Ambasaderi wa Kenya mu Muryango w’Abibumbye, Erastus Lokaale yabwiye Akanama ka Loni gashinzwe (…)

Umuturage wa Uganda yasubijwe inka yibwe ikazanwa mu Rwanda

Mbarushimana Julias, umuturage ukomoka mu Karere ka Kisoro muri Uganda, arashimira ubuyobozi (…)

Megan Thee Stallion yatandukanye na Klay Thompson

Megan Thee Stallion yemeje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we, Klay Thompson, nyuma y’igihe (…)

Kenya: Hatangiye ubujurire ku iyeguzwa ry’uwahoze ari visi perezida

Kuri uyu wa 27 Mata 2026, umuyobozi w’ishyaka riharanira demokarasi (DCP) yageze mu nkiko, (…)

Umunyamabanga Mukuru wa EAC yahigiye kwishyuza ibihugu bidatanga imisanzu

Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Ambasaderi Stephen (…)

Impaka ziyongereye ku bakandida barimo umunyabigwi Shabani Nonda bahatanira kuyobora ruhago ya Congo

Mu gihe habura iminsi itageze ku kwezi ngo muri Repubulika Ndemokarasi ya Congo habe amatora (…)

RDC igiye gushinga umutwe w’ingabo zo kurinda amabuye y’agaciro

Urwego rushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Tariki 27 Mata 1994: Intumwa za Leta yakoraga Jenoside zakiriwe i Paris

Tariki ya 27 Mata mu 1994, ni umunsi wa 21 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze, ukaba (…)

Bennett na Lapid babaye ba Minisitiri b’intebe bahuje imbaraga ngo bakure Netanyahu ku butegetsi

Naftali Bennett na Yair Lapid babaye ba Minisitiri b’intebe muri Israel batangaje ko bahuje (…)

Umujenerali muri Mali wari n’umwe mu bagize Guverinoma byemejwe ko yishwe

Guverinoma ya Mali yemeje ko Minisitiri w’Ingabo wa Mali, General Sadio Camara yishwe mu bitero (…)

Corneille Nanga yavuze ko babona ukwikura muri Uvira ku bushake nta gisubizo byatanze

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro rya AFC/M23, Corneille Nanga, yabwiye Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Umuryango (…)

Minisitiri w’Ingabo wa Mali yishwe n’inyeshyamba

Minisitiri w’Ingabo Gen Sadio Camara yiciwe mu bitero by’imitwe yitwaje intwaro byagabwe mu (…)