skol
fortebet

Amakuru

Ingabo za Amerika zarokoye umusirikare wari mu ndege yarasiwe mu kirere cya Iran

Perezida Donald Trump yatangaje ko igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyarokoye (…)

Kenya: Hateganyijwe icyorezo gishya gishobora guterwa n’imvura nyinshi ikomeje kuhagwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe muri Kenya, KMD, cyatangaje ko iki gihugu gishobora (…)

Rubavu: Abaturage bafashe babiri biyise abapolisi baje kubambura

Habumugisha Dieudonnée w’imyaka 27 na Nsabiyaremye Berson w’imyaka 37 bacakiwe n’abaturage ubwo (…)

Kenya: Abacuruza lisansi bashinjwe kurenza igiciro cyashyizweho na leta

Sitasiyo za lisansi muri Kenya zikomeje gushinjwa kugurisha lisansi na mazutu ku giciro kirenze (…)

E-Cigarette ishobora gutera kanseri y’ibihaha n’ifata mu kanwa

Ubushakashatsi bwakozwe n’abo muri Kaminuza ya New South Wales bwagaragaje ko itabi rikozwe mu (…)

Tibor Nagy yanenze abibasira u Rwanda bakirengagiza RDC mu kibazo cya FDLR

Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na (…)

Icyerekezo cya menshi ni 11.445 Frw: Imiterere y’ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze (…)

Minisitiri Bizimana yashyize umucyo ku ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, (…)

Papa Leo XIV yikoreye umusaraba; ibyaherukaga mu myaka irenga 30 ishize

Ku wa Gatanu Mutagatifu, Papa Leo XIV w’imyaka 70 yagaruye umuco wa kera, ayobora abantu bagera (…)

Elon Musk yashinje Afurika y’Epfo irondaruhu

Umushoramari wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Elon Musk, yatangaje ko Afurika y’Epfo ifite (…)

Rusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko

Kuri Sitasiyo y’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ya Nyakabuye hafungiye umugabo witwa (…)

Muhanga: Umubyeyi yapfiriye mu kirombe yacukuragamo mu buryo butemewe n’amategeko

Umubyeyi witwa Ugirinka Anne Marie w’imyaka 45 wo mu Karere ka Muhanga, yasanzwe yapfiriye mu (…)

Myanmar: Uwahiritse ubutegetsi yatorewe kuba Perezida

Inteko Ishinga Amategeko ya Myanmar yatangaje ko Gen Min Aung Hlaing wahiritse ubutegetsi bwa (…)

Perezida Kagame yahaye ubutumwa amahanga abererekera Tshisekedi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yeruriye amahanga ko u Rwanda rutazigera rukuraho ingamba (…)

Perezida Trump yise Emmanuel Macron ’umugabo mbwa’

Perezida Trump yavuze kuri mugenzi we Emmanuel Macron uhora ukubitwa n’umugore.