skol
fortebet

Amakuru

Minisitiri Dr. Bizimana yasobanuye impamvu amateka y’u Rwanda azakomeza kwigishwa

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene (…)

Uko byagenze ngo u Burundi butange Macky Sall nk’umukandida ku buyobozi bwa Loni

Tariki ya 2 Werurwe 2026, Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yakiriye kandidatire ya Macky (…)

Michael B. Jordan yegukanye igihembo cya Oscar cya mbere

Michael B. Jordan yegukanye igihembo cya Oscar nk’umukinnyi mwiza wa filime w’umwaka mu cyiciro (…)

Uganda: Bobi Wine yatabaje Isi avuga ko ubuzima bwe mu buhungiro buri mu kaga

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda NUP, Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi (…)

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi rugikubita

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za America, (…)

Iran yahakanye ibyo gusaba Amerika ibiganiro by’agahenge

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko nta biganiro bigamije (…)

Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu ari kurangishwa kuri murandasi

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu amakuru yamugezeho ko yapfuye. Na we yatunguwe (…)

FARDC na Wazalendo byafunze umuhanda uhuza Bukavu na Uvira

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo byafunze (…)

Trungelliti yegukanye ’ATP Challenger 100’ yakurikiwe na Perezida Kagame

Marco Trungelliti ukomoka muri Argentine, yegukanye “ATP Challenger 100, Kigali II” atsinze (…)

Indege z’intambara za Amerika zakumiriwe mu kirere cy’u Busuwisi

U Busuwisi bwakumiriye indege z’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifitanye isano (…)

Kirehe: Mu ngo akarere kahize ko kazaha amashanyarazi 8% nizo zayabonye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangaje ko ingo 8.000 zashyizwe mu mihigo nk’izizahabwa (…)

Donald Trump yahishuye ko atiteguye kuganira na Iran ku guhagarika intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahishuye ko Iran yiteguye ibiganiro (…)

Iran yashatse kurasa kuri Google na Microsoft muri Qatar

Ibigo by’Ikoranabuhanga byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika birimo Google na Microsoft biri mu (…)

U Rwanda rwatanze umucyo ku mpamvu ruzakura ingabo muri Mozambique

Guverinoma y’u Rwanda yatanze umucyo ku makuru y’uko rwiteguye gucyura ingabo rwohereje muri (…)

Bobi Wine yavuye mu bwihisho akomereza mu mahanga

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yatangaje ko (…)