skol
fortebet

Mu mahanga

Abagereki ntibakozwa ibyo kuvana amasaha y’akazi ku munani akagezwa kuri 13

Inteko Ishinga Amategeko yo mu Bugereki yemeje amavugurura y’imikorere aho amasaha y’akazi (…)

Uganda yihakanye Abbey Mwesigwa ushinjwa gucuruza abakobwa i Dubai

Ambasaderi wa Uganda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Zaake Kibedi, yatangaje ko umugabo witwa (…)

Ibibuga by’indege byo muri Canada na Amerika byinjiriwe hatambutswa ubutumwa busingiza Hamas

Ibibuga by’indege bitatu byo muri Canada n’ikindi cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

Bangladesh: Sheikh Hasina wabaye Minisitiri w’Intebe yasabiwe kwicwa

Ubushinjacyaha bwa Bangladesh bwashinje Sheikh Hasina wabaye Minisitiri w’Intebe kwica abantu (…)

Kivu y’Amajyepfo: Ingabo z’u Burundi zoherejwe gukumira AFC/M23

Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereza ingabo zayo mu bice by’ingenzi byo muri teritwari ya (…)

Amerika: Batatu bahitanwe n’impanuka y’indege

Abantu batatu bapfiriye mu mpanuka y’indege nto yabereye mu gace ka Bath Township, muri Leta ya (…)

Kenya: Batatu mu baje gusezera kuri Odinga barasiwe kuri Stade

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya witwa Vocal Africa watangaje ko Polisi ya (…)

Walikale: Wazalendo na FARDC barasanye, hapfa umwe

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya (…)

Umuyobozi ari gukorwaho iperereza akekwaho gukoresha imodoka ya Leta mu bikorwa byo kwamamaza Bobi Wine

Umuyobozi w’akarere ka Luweero muri Uganda, Erastus Kibirango, ari gukorwaho iperereza nyuma (…)

Trump yohereje intasi za Amerika muri Venezuela

Nyuma y’imyaka myinshi y’intambara y’amagambo, amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za (…)

Zelensky akomeje gutakambira Amerika ngo imuhe intwaro zo kurasa u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky biteganyijwe ko ku wa 17 Ukwakira azahura na Perezida (…)

Koreya y’Epfo: Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bw’umugore washakaga miliyari y’amadolari ku mugabo batandukanye

Urukiko rw’Ikirenga rwa Koreya y’Epfo rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rwo mu rwego rwo (…)

Umudepite wa EU yashinje Minisitiri w’Intebe wa Hongrie kumuneka

Umudepite wo mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’i Burayi, Daniel Freund, yatanze (…)

U Bushinwa bwafunze Abakristo 30

Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, Grace Jin Drexel wari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Kabila n’abamushyigikiye bashinze ihuriro rishya

Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abamushyigikiye, kuri uyu wa (…)