skol
fortebet

Mu mahanga

Israel yatangaje ko yahawe umurambo w’umuntu utari uwayo

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa Hamas ukorera mu ntara ya (…)

Amerika yarashe ubundi bwato bwavaga muri Venezuela

Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zarashe ubundi bwato bwavaga muri Venezuela, bikekwa ko (…)

Israel yashimagije umusirikare wayo baciye ukuboko n’amaguru yombi ku rugamba

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashimiye ku mugaragaro umusirikare witwa Ari (…)

DRC yagabye ibitero ku basivili ikimara gusinya amasezerano na AFC/M23

Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FRDC), zagabye ibitero (…)

Kenya yashyizeho icyunamo kubera urupfu rwa Raila Odinga

Guverinoma ya Kenya yatangaje iminsi irindwi y’icyunamo kubera urupfu rwa Raila Odinga wabaye (…)

Netanyahu yongeye kwitaba urukiko ku byaha bya ruswa ashinjwa

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye kwitaba urukiko ngo yiregure ku byaha (…)

Ibyo wamenya kuri Colonel Randrianirina wakuye Rajoelina ku butegetsi

Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari umusirikare uri kuvugwa cyane nyuma yo (…)

Trump yavuze ko Hamas izarambika intwaro ku neza cyangwa ku nabi

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa (…)

FARDC na Wazalendo byongeye kurasana

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro uba mu ihuriro (…)

Uko aba Gen-Z basunitse perezida kugeza ahunze

Imyigaragambyo y’urubyiruko rw’aba Gen-Z muri Madagascar yatangiye binubira ibura (…)

Trump yanenze ikinyamakuru cyamukozeho inkuru ntikigaragaze isura ye neza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze ifoto ye yakoreshejwe (…)

Madagascar: Igisirikare cyakuye Perezida Rajoelina ku butegetsi

Abasirikare bayobowe na Colonel Michael Randrianirina batangaje ko kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 (…)

Leta ya RDC na AFC/M23 bigiye gushyiraho urwego rugenzura iyubahirizwa ry’agahenge

Abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 kuri uyu (…)

Cameroon: Issa Tchiroma yatunguranye avuga ko yatsinze amatora ya Perezida

Issa Tchiroma Bakary wigeze kuba Umuvugizi wa Guverinoma ya Cameroon, akaba arwanya ubutegetsi (…)

U Burusiya: Abanyamadini bagaragaje Halloween nk’umunsi wo kwambaza Satani

Abanyamadini batandukanye bo mu Burusiya basabye leta guca umunsi wa Halloween bawita umunsi (…)