skol
fortebet

Mu mahanga

U Burusiya: Abanyamadini bagaragaje Halloween nk’umunsi wo kwambaza Satani

Abanyamadini batandukanye bo mu Burusiya basabye leta guca umunsi wa Halloween bawita umunsi (…)

Trump yananiwe kwiyumanganya kubera ubwiza bwa Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateje impaka nyuma yo kubwira (…)

Kenya: Umupolisi yiciwe ku rugo rwa Perezida Ruto

Umupolisi wari ushinzwe gucunga umutekano ku rugo rwa Perezida William Ruto i Nairobi, yishwe (…)

Akato, iyicarubozo n’ubuvumo: Uko imbohe z’Abanya-Israel zari zibayeho muri Gaza

Ku wa 13 Ukwakira 2025, akanyamuneza kari kose ku miryango y’imbohe 20 z’Abanya-Israel zarekuwe (…)

Madagascar: Perezida Rajoelina abona kubahiriza Itegeko Nshinga byakemura ibibazo

Ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 13 Ukwakira, Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, (…)

Perezida wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa

Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa mu gihe (…)

Tshisekedi yimye amatwi Kiliziya Gatolika na Angilikani, atoranya abo azaganira na bo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko adashobora (…)

Abanya-Israel ba mbere batwawe na Hamas barekuwe

Imbangukiragutabara zamaze kugeza ku ngabo za Israel abaturage barindwi ba mbere Hamas yari (…)

Yambwiye ko ari njye wari uyikwiriye- Trump avuga kuri Machado wamutwaye Prix Nobel

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yatangaje ko yaganiriye na María Corina (…)

Abahinde bakoze imihango igaragaza Trump nk’umudayimoni

Mu mujyi wa Murshidabad, mu Ntara ya West Bengal mu Buhinde habereye iserukiramuco rya ‘Durga (…)

Uganda: Umugore yapfiriye mu rugo rw’umupfumu

Polisi yo mu mujyi wa Mbale muri Uganda yataye muri yombi umugabo witwa Kharim Mwima wiyita (…)

U Bushinwa bwamaganye Amerika ishaka kubuza indege zabwo gukoresha ikirere cy’u Burusiya

U Bushinwa bwamaganye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku mugambi wo gukumira indege z’ibigo byabwo (…)

Babiri baguye mu bushyamirane bwa Wazalendo na FARDC

Imirwano yamaze iminsi ibiri hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Abadipolomate batatu ba Qatar bapfiriye mu Misiri

Abadipolomate batatu bakomoka muri Qatar bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye hafi y’umujyi (…)

Trump ntazemera ko abasirikare ba Amerika babura umushara nubwo Guverinoma yahagaritse imirimo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazemera ko ingabo za (…)