skol
fortebet

Mu mahanga

Abanyakenya 20 batabawe bagiye gucuruzwa ngo bajye kurwanira u Burusiya muri Ukraine

Polisi yo muri Kenya yatangaje ko yatabaye abantu 20 bikekwa ko bari bagiye gucuruzwa ngo bahite (…)

Amerika ishobora kugaba igitero muri Venezuela

Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari gutekereza ku mugambi wo kugaba igitero muri (…)

Gaza: Intambara ishobora kurangira vuba

Perezida Donald Trump yavuze ko impande zihanganye mu ntambara iri guhuza Israel na Hamas (…)

Hongrie yashinjwe kuvogera ikirere cya Ukraine

Ukraine yashinje Hongrie kuvogera ikirere cyayo ahagana mu Burengerazuba bw’igihugu, bikavugwa (…)

Slovakia yemeje itegeko rishya ritakiriwe neza n’abatinganyi

Inteko Ishinga Amategeko ya Slovakia yavuguruye Itegeko Nshinga, yemeza ko igihugu cyemera gusa (…)

U Burusiya:Gari ya moshi yari itwaye lisansi yateye inkongi komeye

Minisiteri y’ibiza mu Burusiya yatangaje ko abashinzwe kuzimya inkongi mu gace ka Smolensk (…)

Indonesia: Abana barenga 5000 bahumanyijwe n’ibiryo byo ku ishuri

Guverinoma ya Indonesia iri mu mvururu zikomeye nyuma y’uko abana barenga ibihumbi bitanu (…)

M23 yongereye ingabo mu gace ka Lubero

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryongereye (…)

Zelensky azava ku butegetsi nyuma y’intambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yavuze ko yiteguye kuva ku butegetsi mu gihe intambara (…)

Ubukene buravuza ubuhuha i Kyiv

Nyuma y’imyaka itatu n’igice y’intambara muri Ukraine, ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje kugana (…)

California: Umugabo wamaze imyaka 38 mu buroko azira icyaha atakoze yatsindiye miliyoni 25$

Umugabo wo muri Leta ya California, Maurice Hastings, w’imyaka 72, yahawe indishyi za miliyoni (…)

Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano

Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, (…)

Trump avuga ko Ukraine ishobora kwisubiza ubutaka bwose Uburusiya bwafashe

Perezida w’Amerika Donald Trump yavuze ko ubutegetsi bwa Kyiv bushobora "kwisubiza Ukraine yose (…)

Perezida wa Tanzania yahaye Singida arenga Miliyoni 2 Frw kubera gutsinda Rayon Sports

Perezida wa Tanzania, Dr.Samia Sulubu Hassan yahaye ikipe ya Singida Black Stars FC arenga (…)

USA: Abicwa n’inkongi y’umuriro buri mwaka baziyongeraho 70% – Ubashakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu bicwa n’inkongi z’umuriro buri mwaka muri Leta Zunze (…)