skol
fortebet

Mu mahanga

Amerika: Minisiteri y’Ingabo ishobora guhindurirwa izina ikitwa iy’Intambara

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu mushinga wo guhindura izina rya (…)

AFC/M23 yaciye amarenga yo kuzajya gutabara abo muri Uvira na Ituri

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryaciye (…)

Sudani: Papa Léon XIV yasabye impande zihanganye kwinjira mu biganiro

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV, yasabye ko impande zihanganye muri Sudani (…)

Burkina Faso: Hatowe itegeko rikumira abaryamana bahuje ibitsina

Inteko Ishinga Amategeko ya Burkina Faso yatoye itegeko rigenga urushako n’umuryango, rikubiyemo (…)

Fall Ngagne yatangiye imyitozo

Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, yongeye kugaragara mu myitozo nyuma y’amezi arindwi (…)

Ukraine yatsembye ko Zelensky na Putin badashobora guhurira i Moscow

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ukraine yatangaje ko hari ibihugu byinshi byagaragaje ko (…)

Perezida Trump yigambye kwica abantu 11 bo muri Venezuela

Perezida Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero ku bwato bwari (…)

Google ntigitegetswe kugurisha Chrome cyangwa Android

Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwafashe umwanzuro wo kudategeka ikigo (…)

Afurika y’Epfo yimye visa Abanye-Congo bashaka kwitabira ibiganiro bya Thabo Mbeki

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yimye visa abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira (…)

Perezida wa Ghana yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

Perezida wa Ghana John Mahama, yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Gertrude Torkornoo, (…)

Inama ya Modi na Xi yasize iki?

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, mu mpera z’icyumweru gishyize yahuriye i Tianjin (…)

Ukraine yakangishije kurasa i Moscow

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko igihugu cye gifite intwaro nshya zishobora (…)

Rusizi: Ubuyobozi bwakebuye imiryango irenga 950 ibanye mu makimbirane

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye abashakanye kujya baganira bagafatira hamwe ibyemezo (…)

Urukiko rwatesheje agaciro imisoro Trump yashyiriyeho amahanga

Urukiko rw’ubujurire rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse ko imisoro Perezida Donald (…)

Amerika ihamya ko gusesa USAID byayizigamiye miliyari nyinshi z’Amadolari

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, (…)