skol
fortebet

Mu mahanga

Gen Maj Birungi wayoboye ubutasi bw’igisirikare cya Uganda arafunzwe

Igisirikare cya Uganda gifunze Gen Maj James Birungi wayoboye urwego rw’ubutasi (CMI) kuva muri (…)

U Burusiya bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwasezeranyije Leta y’Aba-Taliban iyoboye Afghanistan ko bugiye kongera inkunga (…)

Birababaje Umugabo yamenye ko umugore we ari mushiki we nyuma y’imyaka 7 babana

Mu gihugu cya Brazil, haravugwa inkuru idasanzwe y’umugore n’umugabo babanye imyaka irindwi, (…)

U Budage bwateze iminsi inama ihuza Putin na Zelensky

Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yatangaje ko nubwo Amerika ishaka ko habaho inama ihuza (…)

Igisirikare cya Finlande kigiye guhagarika gukoresha ikirango cy’Aba-Nazi

Igisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka (…)

Zelensky avuga ko abantu umunani biciwe mu gitero gikomeye cy’Uburusiya i Kyiv

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yatangaje kuri uyu wa kane ko abantu umunani, barimo (…)

Kim Jong Un agiye guhurira na Putin mu karasisi k’Ingabo z’u Bushinwa

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, azitabira akarasisi k’Ingabo z’u Bushinwa [PLA] mu (…)

Australia yirukanye Ambasaderi wa Iran azira ibitero byagabwe ku Bayahudi

Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko birukanye Ambasaderi wa Iran (…)

Abanyamakuru bane baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Gaza

Kuri uyu wa Mbere abantu 15 barimo abanyamakuru bane bakoreraga Ibitangazamakuru Mpuzamahanga, (…)

EU yahaye Ukraine miliyari 9€ avuye mu mutungo w’u Burusiya wafatiriwe

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi watangaje ko wahaye Ukraine inguzanyo ya miliyari 9€ (angana na (…)

Lt Gen Kruse wayoboraga ubutasi bw’igisirikare cya Amerika yirukanywe

Minisitiri w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yirukanye Lt Gen Jeffrey (…)

Amaso ahanzwe indi Starship igiye kongera kugeragezwa

Ikigo cya SpaceX kiri kwitegura kongera gukora igerageza rya Starship, igikorwa kizaba ahanini (…)

Umuyobozi wa Boko Haram yishwe

Igisirikare cya Niger cyatangaje ko cyishe Umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, (…)

Israel igiye gutangirwa kwinjiza mu ngabo Abayahudi baba mu mahanga

Kubera ibibazo by’abasirikare bake ikomeje guhura na byo, Israel yisunze uburyo bwo kwinjiza mu (…)

Colombia: Abantu 18 barimo abapolisi bishwe abarenga 60 barakomereka

Abantu 18 barimo n’abapolisi 12 bishwe n’ibiturika mu gihe abandi 60 bakomeretse nyuma y’ibitero (…)