skol
fortebet

Mu mahanga

Trump yasabye EU gusoresha 100% ibicuruzwa biva mu Buhinde n’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (…)

Gbagbo wayoboye Côte d’Ivoire yangiwe kongera kwiyamamariza kuyiyobora

Gbagbo wayoboye Côte d’Ivoire yangiwe kongera kwiyamamariza kuyiyobora Urukiko Rushinzwe (…)

Ubufaransa bwinjiye mu yandi makuba ya politike nyuma yuko abadepite beguje minisitiri w’intebe

Ubufaransa bwashowe mu makuba mashya yo muri politike nyuma y’itsindwa rya Minisitiri w’intebe (…)

Gen Makenga ahanze amaso Kisangani, Kalemie na Kindu

Umuyobozi w’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23, Général Major Sultani Makenga, yagaragaje (…)

White House yamaganiye kure iby’ibaruwa bivugwa ko Trump yandikiye Epstein

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byamaganiye kure ibaruwa iherutse (…)

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie yatanze umuburo k’u Burayi bugiye gusenyuka

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (…)

U Bushinwa bwashinje Canada na Australia ubushotoranyi

U Bushinwa bwahishuye ko bwarakajwe n’ubwato bw’intambara bya Canada na Australia bwanyuze mu (…)

Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yeguye ataramara umwaka mu nshingano

Shigeru Ishiba wari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yeguye kuri izo nshingano no ku kuyobora (…)

U Bwongereza: Abimukira batemewe n’amategeko bagiye kwimurirwa mu bigo bya gisirikare

Minisiteri y’Ingabo y’u Bwongereza yatangaje ko iteganya gucumbikira abimukira binjiye muri icyo (…)

Umwihariko wa TRL Group, uruganda rukorera mu Rwanda drones zirimo iza gisirikare

U Rwanda rukomeje guteza imbere ubwikorezi bwo mu kirere by’umwihariko ubukoresha drones mu (…)

Umupadiri wo muri Uganda yagizwe Musenyeri wa Diyosezi yo muri Amerika

Simon Peter Engurait wari usanzwe ari Umupadiri ukomoka muri Uganda yagizwe Musenyeri wa (…)

Amerika: Umusoro ku modoka ziva mu Buyapani wagabanyijweho 12%

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku iteka ryemeza ko (…)

Umwuzukuru wa Mandela ashaka kujya muri Gaza kwigaragambya

Umwuzukuru wa Nelson Mandela, Mandla Mandela, yatangaje ko agiye kwiyunga ku mpirimbanyi (…)

Zambia: Malanji wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yakatiwe gufungwa imyaka ine

Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Zambia, Joseph Malanji, yakatiwe igifungo (…)

U Burusiya bugiye gukuriraho visa Abashinwa

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko u Burusiya bugiye gukuraho ingingo yo kwaka (…)