skol
fortebet

Mu mahanga

Umudepite w’u Burusiya yise Ukraine igihugu cy’ibyihebe

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya witwa Andrey Kartapolov, yashinje inzego (…)

USA: Umugabo yatwitse abantu umunani

Umugabo yatwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa (…)

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Budage yavuze ko U Burusiya bushobora kugaba ibitero kiri OTAN

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Budage, General Carsten Breuer, yaburiye ibihugu bigize Umuryango (…)

Mu Bubiligi umudepite yambuwe ubudahangarwa kubera ubusinzi

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bubiligi yakuyeho ubudahangarwa bwa Kathleen Depoorter, umudepite (…)

Iran yababajwe n’icyifuzo cya Amerika ku ntwaro za nucléaire

Iran yagaragaje ko yababajwe n’icyifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku itunganywa ry’ingufu (…)

Perezida wa Ukraine yigambye igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yivuze imyato nyuma y’aho ingabo z’igihugu cye zigabye (…)

Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%

Umuryango w’Abibumbye Loni uratanga impuruza ko abaturage ba Gaza 100% bugarijwe n’inzara nk’uko (…)

Trump yasabye Apple gukorera iPhone muri Amerika cyangwa ikishyura umusoro wa 25%

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ikigo Apple gukorera telefone za (…)

Trump yabujije Kaminuza ya Havard kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, White House, byatse kaminuza ya (…)

U Bufaransa bwamaganiye kure Israel ibushinja guhembera urwango

Leta y’u Bufaransa yateye utwatsi ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, (…)

Ibirwa bya Maurice byeguriwe Chagos Islands

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer yashyize umukono ku masezerano yo kwegurira (…)

Mu gihugu cya Argentine abiganjemo abasaza n’abakecuru bakomerekeye mu myigaragambyo

Abantu amagana bakomerekeye mu myigaragambyo yabereye imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya (…)

Amerika yanze kwitabira inama ya G20 izabera muri Afurika y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko itazitabira inama y’ibihugu biri mu ihuriro rya G20, (…)

Ukraine yahawe amahirwe ya nyuma na Medvedev wahoze ayobora u Burusiya

Dmitry Medvedev wahoze ari Perezida w’u Burusiya yavuze ko abayobozi ba Ukraine bafite amahirwe (…)

Umugore wa Joe Biden yasabiwe kujyanwa mu nkiko ashinjwa kutita ku buzima bw’umugabo we

Umugore wa Joe Biden wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Jill Biden yasabiwe kujyanwa mu (…)