skol
fortebet

Mu mahanga

Israel mu mugambi wo kurasa Iran

Inzego z’ubutasi za Amerika zatangaje ko hari ibimenyetso byerekana ko Israel ishobora kuba iri (…)

Trump yavuze ko abahinzi b’abazungu bo muri Afurika y’Epfo bari gukorerwa Jenoside

Mu gihe habura iminsi mike ngo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakire (…)

Qatar yatangaje ko ibitero bya Israel bikomeje kubangamira inzira y’amahoro

Qatar nk’umuhuza hagati ya Israel na Palesitine,Qatar yatangaje ko kubera ibitero Israel (…)

Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky bigoye

Perezida wa Ubumwe za Leta Zunze Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko kuganira na (…)

Israel yatangaje ko intego zayo ari ukwigarurira Gaza burundu

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko intego bafite ari ukwigarurira (…)

Trump na Obama bifurije Biden kurwara ubukira nyuma yo gusangwamo Kanseri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, Barack Obama n’abandi banyapolitiki, (…)

Perezida Ramaphosa agiye kugirira uruzinduko kwa Trump bamaze igihe badacana uwaka

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola yatangaje ko Perezida Cyril (…)

U Burusiya bwashinje u Bwongereza gutiza umurindi intambara yo muri Ukraine

Leta y’u Burusiya yashinje u Bwongereza kwenyegeza intambara yo muri Ukraine binyuze mu gutanga (…)

Igikomo cy’ikoranabuhanga cyari cyarambitswe Nicolas Sarkozy yagikuweho

Inzego z’ubuyobozi mu Bufaransa zafashe icyemezo cyo kudohorera Nicolas Sarkozy wahoze ayobora (…)

Uwahoze ayobora FBI akurikiranyweho gushaka kwivugana Trump

James Comey wahoze ayobora Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) ari (…)

Perezida Macron yavuze ko nta ntwaro u Bufaransa buzongera guha Ukraine

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye cyageze ku rugero ntarengwa mu (…)

Perezida w’u Bufaransa yahamije ko Ukraine itazisubiza ubutaka yambuwe

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko Ukraine na yo izi neza ko idafite (…)

Israel yavuze ko itazigera iva muri Gaza, Hamas idatsinzwe

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye nta gahunda gifite (…)

Trump agiye gukuraho ibihano byari byarafatiwe Syria

Donald Trump yatangaje ko ari guteganya uburyo yakuraho ibihano byafatiwe Syria mu myaka (…)

U Burusiya bwongeye kugaba ibitero muri Ukraine bari bumvikanye agahenge

Mu ijoro rishyira ku wa 12 Gicurasi 2025, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero by’indege zirenga (…)