skol
fortebet

Mu mahanga

Amerika na Qatar bari mu biganiro byo guha Trump indege izajya imutwara

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu biganiro n’Ubwami bwa Qatar ku (…)

Umuhengeri wishe ba mukerarugendo 10 mu Bushinwa

Umuhengeri wibasiye umugezi wa Wu hafi y’Umujyi wa Qianxi mu Majyepfo y’u Burengerazuba bw’u (…)

Peru: 13 bari barashimutiwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro babonetse bapfuye

Abantu 13 bo muri Peru bari barashimutiwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cya sosiyete ikora (…)

Imodoka ya Papa Francis igiye kwifashishwa mu bikorwa by’ubutabazi muri Gaza

Kimwe mu byifuzo bya nyuma Papa Francis yasize atanze ni uko imodoka ye yakoreshwa mu bikorwa (…)

Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican

Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta (…)

Umuriro ukomeje kwaka muri Ukraine kubera ibitero by’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko u Burusiya bukomeje kugaba ibitero ku gihugu (…)

Trump yashyize hanze ifoto yambaye nka Papa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwe (…)

Umucamanza wa Loni yakatiwe gufungwa imyaka itandatu

Urukiko rwa Oxford mu Bwongereza rwakatiye Umucamanza w’Umuryango w’Abibumbye, Lydia Mugambe, (…)

Australia: Radio yamaze amezi atandatu ikoresha umunyamakuru wa AI ntawe ubimenye

Mu gihe ubwenge buhangano (AI) bukomeje gutera imbere umunsi ku wundi, radiyo yo muri Australia (…)

Telefone za ‘iPhone’ zicuruzwa muri Amerika ntizizongera gukorerwa mu Bushinwa

Uruganda rwa Apple rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo na telefone za iPhone, rwatangaje (…)

Visi perezida wa Amerika yavuze ko intambara y’Uburusiya na Ukraine itazarangira vuba

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yaciye amarenga ko intambara iri guhuza (…)

Uwari umaze amezi atatu ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano agiye gusimbuzwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gukura Mike Waltz ku (…)

U Bushinwa na Amerika bikomeje kwitana ba mwana ku nkomoko ya Covid-19

U Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikomeje kwitana ba mwana no kwigiza nkana ku nkomoko (…)

Elon Musk yahombye 25% by’umutungo we kubera uruhare agira muri politiki ya Trump

Umuherwe Elon Musk, akaba na nyiri sosiyete ya Tesla ikora imodoka zikoresha amashanyarazi, (…)

U Rwanda na RDC byahuriye muri Qatar mu biganiro

Abahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Qatar mu (…)