skol
fortebet

Mu mahanga

Iran: Abagabo babiri bishwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 14

Ubucamanza bwa Iran bwatangaje ko abagabo babiri bishwe kubera “icyaha cyo gufata ku ngufu (…)

U Burusiya bwakajije ibitero muri Ukraine, hapfa abantu benshi

Ibitero by’indege n’ibisasu by’u Burusiya byibasiye imijyi minini myinshi ya Ukraine mu gitondo (…)

Perezida Samia yagiye mu Burusiya atumiwe na Putin

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yatangaje ko yerekeje mu Burusiya ku butumire bwa (…)

Amerika: Abantu batandatu bo mu muryango umwe bishwe barashwe

Polise yo muri Leta ya Ioma, muri Leta Zunze Ubuwe za america, yatangaje ko abantu batandatu (…)

Amerika igihe kugabanya Ambasade zayo muri Afurika zisabirwaho visa

Leta Zunze Ubumwe za Afurika zigiye kugabanya ambasade zayo muri Afurika zemerewe kwakira (…)

Umutwe wa Hezbollah wemeye guhagarika ibitero kuri Israel

Libani yatangaje ko umutwe wa Hezbollah, ufashwa na Iran, wemeye gahunda y’Amerika yuko (…)

Impinduka Zikomeye muri OTAN: Amerika Yanze Gukomeza Kwikorera Umutwaro w’Umutekano w’u Burayi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zitazakomeza gutanga umusanzu uruta uw’ibindi bihugu (…)

U Bufaransa Bwataye Muri Yombi Ubwato bwa Peteroli bw’u Burusiya

Ubufaransa bwafashe ubwato butwara peteroli bwari buvuye mu Burusiya, bukekwaho kunyuranya (…)

Amerika na Iran byongeye Guhangana

Ubushyamirane hagati ya Amerika na Iran bwongeye gufata indi ntera nyuma y’uko igisirikare cya (…)

Ibitero Israel ikomeje kugaba muri liban byasize yigaruriye ingoro ikomeye .

Igisirikare cya Israel cyigaruriye ahantu hakomeye mu majyepfo ya Libani, mu cyo Minisitiri (…)

Kudafata umurego kw’igitsina byafashe intera mu Bwongereza

Mu mwaka ushize abagabo 626 bo mu Bwongereza bibagishije ibitsina hagamijwe ko bakongera kubona (…)

Amerika: Abantu 11 bishwe n’isandara ry’ikigega cyarimo ikinyabutabire

Abantu bahitanywe n’iturika ry’ikigega cyari kibitsemo ibinyabutabire muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

Urujijo ku rupfu rw’umuyobozi wapfiriye mu birori by’irahira rye

Polisi ikorera mu Karere ka Mukono muri Uganda yatangaje ko iri gukora iperereza ku rupfu rwa (…)

Afite ibitsina gore bibiri n’impyiko imwe nayo idakora neza - Agahinda ntikica kagira mubi

Tekereza uvumbuye ko umubiri wawe ufite imiterere idasanzwe ku buryo n’abaganga ubwabo bagorwa (…)

Leta ya Kenya yakomeje kubaka ikigo kizita ku banduye Ebola nubwo hari impaka

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko ikomeje gahunda yo kubaka ikigo kizifashishwa mu kwakira no (…)