skol
fortebet

Mu mahanga

USA: Umuntu witwaje imbunda warashe ku barinzi ba White House yishwe

Ku mugoroba wo ku wa 23 Gicurasi 2026, umuntu witwaje imbunda yarashe ku bashinzwe umutekano (…)

Ministiri w’Umutekano muri Israel yakumiriwe mu Bufaransa

Guverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Israel, Itamar Ben (…)

Espagne: Minisitiri w’Intebe yokejwe igitutu asabwa kwegura

Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sanchez yatangiye kotswa igitutu n’abaturage bigaragambya (…)

U Bubiligi bwahamijwe icyaha cyibasiye inyokomuntu

Urukiko rw’Ubujurire rw’i Bruxelles mu Bubiligi, rwahamije Leta y’iki gihugu icyaha cyibasiye (…)

Indonesia: Umugore yaguye igihumure nyuma yo gukubitwa inkoni 100 azira gusambana

Mu Ntara ya Aceh yo muri Indonesia, umugore yaguye igihumure nyuma yo guhabwa ibihano byo (…)

U Burisiya byatangaje ku bugiye kwihorera kuri Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko bagiye kwihorera ku bitero byagabwe na (…)

Amerika yoherereje Pologne ingabo 5000

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika , Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye kohereza (…)

Indege z’u Bwongereza n’iz’ u Burusiya zasakiraniye mu kirere cy’Inyanja y’Umukara

Minisiteri y’Ingabo y’u Bwongereza yatangaje ko indege ebyiri z’intambara z’u Burusiya zakoze (…)

Ibidasanzwe ku ikanzu ifite agaciro k’arenga miliyoni 16 Frw ya Anita Among yafatiriwe na Leta ya Uganda

Ikanzu y’akataraboneka yambawe na Anita Annet Among wahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga (…)

Putin n’Ubushinwa batangije igisa n’intambara ikomeye kuri Leta zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’Ubushinwa , Xi Jinping, yakiriye Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, mu nama (…)

Iran yateguje ko intambara izarenga Uburasirazuba bwo Hagati,USA niyongera kuyigabaho ibitero

Leta ya Iran yatangaje ko izakwirakwiza intambara hose ikarenga imbibi zo mu Burasirazuba bwo (…)

Amerika yareze Raúl Castro ibyaha birimo ubwicanyi

Amerika yareze Raúl Castro wabaye Perezida wa Cuba, imushinja uruhare mu guhanura indege za (…)

Perezida Ndayishimiye yirukanye umusirikare ukomeye kubera inkwavu

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuye ku mirimo Lt Col Ir. Léonidas Nibigira wari (…)

Mikel Arteta utarahabwaga amahirwe mu nzira yo gukora ibigwi birenze ibya Arsène Wenger - ihuriro n’itandukaniro

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yongeye kwandikisha amateka mashya mu mupira w’amaguru w’u (…)

Ibanga rifasha Abayapani kurama

Niba ubu ufite imyaka 25, hari icyizere ko ushobora kurama indi myaka 45 kubera ko icyizere cyo (…)