skol
fortebet

Mu mahanga

Uganda: Anita Among wahoze ayobora abadepite afungiwe iwe mu rugo

Kohereza abashinzwe umutekano kugota urugo ruherereye i Nakasero rw’uwahoze ari Perezida (…)

FARDC yahagaritse urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira

Urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira, imijyi ibiri minini yo muri Kivu y’Amajyepfo, rwongeye (…)

Kabuga yapfuye ku isabukuru y’itabwa muri yombi rye

Umunyarwanda Kabuga Félicien wari ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi (…)

Minembwe: Drones zibasiye ibice bituwe bya Bidegu, Kalingi na Mikenke

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Gicurasi 2026, guhera saa moya n’igice z’ijoro kugeza ku isaha (…)

U Rwanda rwafunze imipaka 3 iruhuza na Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo

U Rwanda rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo imwe mu mipaka iruhuza na Repubulika (…)

Ibyo Ndayishimiye atavuze ku ndege y’u Burundi yaheze muri Espagne

Abarundi bamaze hafi imyaka 10 bategereje indege ya Gulfstream G-IV yaguriwe Perezida w’u (…)

Uganda: Inzego z’umutekano zasatse urugo rw’uwari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko

Inzego z’umutekano zirimo abagenzacyaha n’abasirikare, zasatse urugo rwa Anita Annet Among (…)

U Bushinwa bwemereye Trump kutagurisha Iran intwaro

Donald Trump yatangaje ko mugenzi we w’u Bushinwa, Xi Jinping, yamwijeje ko Beijing itazigera (…)

Abaherekeje Perezida Trump mu Bushinwa nta telefoni bitwaje

Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Donald Trump yagiriye mu Bushinwa,n’abo bajyanye nta (…)

FBI yashyizeho 200,000$ ku watanga amakuru yafatisha umugore ivuga ko ari maneko wa Iran

Urwego rukora iperereza ku byaha imbere muri Amerika (FBI) rwatangaje igihembo cy’amadolari (…)

Walikale: Umuyobozi washyizweho na AFC/M23 yishwe naWazalendo

Umuyobozi mushya w’Umudugudu wa Kateku, mu gace ka Iremya ( Gurupoma ya Ikobo) muri Teritwari ya (…)

Amayeri yafashije Minisitiri Rubio kwinjira mu Bushinwa atabyemerewe

Mu ruzinduko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiriye mu Bushinwa kuva (…)

U Rwanda mu bihugu 10 bya mbere byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bitumiza intwaro nyinshi

Raporo y’Ikigo Mpuzamahanga gikora ubushakashatsi ku mahoro cya Stockholm International Peace (…)

Trump yumvikanye asa n’ucinya inkoro kuri Xi Jinping w’u Bushinwa

Donald Trump usanzwe umenyerewe mu mvugo yo guhangana no kwibasira abandi bayobozi b’ibihugu, (…)

FARDC n’abo bafatanyije bagabye ibitero simusiga i Kalingi na Bidegu bihitana ubuzima

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi 2026, guhera saa moya za mugitondo kugeza nimugoroba, (…)