skol
fortebet

Mu mahanga

Abasirikare babiri ba Amerika baburiye mu myitozo ya gisirikare iri kubera muri Maroc

Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM) bwatangaje (…)

Thailand: Umukobwa yafatanywe utunyamasyo 30 ku kibuga cy’indege

Ikigo gishinzwe kurengera ibinyabuzima muri Thailand cyatangaje ko umukobwa wo muri Taiwan (…)

Umugabo wajyanye umurambo kuri Banki kuwusabisha amafaranga yabivuzeho birambuye

Umugabo w’imyaka 52 wo mu Burasirazuba bw’u Buhindi, uherutse kugaragara yikoreye umurambo wumye (…)

Abasenateri 29 basabye Amerika kutohereza muri RDC Abanya-Afghanistan bayirwaniye

Abasenateri 29 bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bandikiye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, (…)

Perezida wa Koreya ya Ruguru yise intwari abasirikare be biyahuriye muri Ukraine

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yashimiye abasirikare be biturikirijeho ibisasu banga (…)

Umubyeyi wo muri Australia wabeshye ko umwana we arwaye kanseri yafunzwe

Umubyeyi wo muri Australia wahimbye ko umwana we w’imyaka itandatu arwaye kanseri kugira ngo (…)

USA: Uwahoze ayobora FBI yashinjwe gutera ubwoba Trump

Uwahoze ari umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha muri Amerika (FBI), James Comey, (…)

U Buhinde: Yataburuye umurambo wa mushiki we ajya kuwusabisha amafaranga muri banki

Umugabo w’imyaka 50 wo muri Leta ya Odisha iherereye mu Burasirazuba bw’u Buhinde, yataburuye (…)

U Budage busanga Iran yaratumye Amerika ita ikuzo

Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yavuze ko Iran yatumye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ita (…)

Umwami Charles III mu rugendo rwitezweho kuzahura umubano w’u Bwongereza na Amerika

Umwami w’u Bwongereza Charles III n’Umwamikazi Camilla bagiye gusura Amerika mu ruzinduko (…)

Ukuriye Dipolomasi ya Iran ukomeje kujya gushaka ubufasha arahura na Perezida Putin w’u Burusiya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, nyuma yo gukorera ingendo mu Bihugu (…)

Trump yemeje ko igitero cyagabwe muri White House kitazamubuza gutsinda intambara muri Iran

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko atahita yemeza ko igitero cyagabwe muri White (…)

Ibiganiro bya Iran na Amerika bikomeje kuzamo akangononwa

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump, Steve (…)

Epstein yacumbikiraga mu Bwongereza abagore yacuruzaga

Icukumbura ryagaragaje ko Jeffrey Epstein wakurikiranyweho ibyaha byo gucuruza abakobwa (…)

Trump yihaye Igikomangoma Harry n’umugore we

Mu gihe habura iminsi mike ngo Umwami Charles III w’u Bwongereza agirire uruzinduko muri Leta (…)