skol
fortebet

Mu mahanga

Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz mu minsi y’agahenge Yandits

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Seyed Abbas Araghchi yatangaje ko nyuma y’uko hemejwe (…)

U Burayi busigaranye amavuta y’indege yakora ibyumweru bitandatu gusa

U Burayi bufite ibyago byinshi byo kubura amavuta akoreshwa mu ndege ku buryo bishobora (…)

USA: Igipolisi kishe umugore wari ushimuse umwana

Igipolisi cyavuze ko uyu mugore witwaje icyuma yarashwe n’abapolisi hanze y’iduka rya Walmart (…)

Trump yongeye kurikoroza ashyira hanze ifoto imugaragaza afashwe na Yezu ku rutugu

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yashyize hanze ifoto yakozwe hifashishijwe ubwenge buhangano, (…)

Turukiya: Uwitwaje intwaro yarashe abanyeshuri 16 na we ariyahura

Umusore w’imyaka 18 wari witwaje imbunda yarashe abanyeshuri biga ku ishuri ryisumbuye yizeho, (…)

Espagne: Umugore wa minisitiri w’intebe yajyanwe mu nkiko ashinjwa ruswa

Umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sanchez, Begona Gomez, yashinjwe ruswa ku (…)

Nyuma y’amasaja 21 yose Intumwa za USA na Iran zatandukanye zinaniwe kumvikana

Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran zasoje ibiganiro byamaze amasaha 21 (…)

Tanzania: Diplome cyangwa Impamyabumenyi igiye kujya ikoreshwa nk’ingwate mu kwaka inguzanyo

Minisitiri w’Intebe muri Tanzania, Dr. Mwigulu Nchemba, yagaragaje ko bari hafi gushyiraho (…)

Iby’ingenzi ku biganiro bizahuriza Leta ya RDC na AFC/M23 mu Busuwisi

Kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 17 Mata 2026, intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira (…)

Harris Kamala ugishaka kuba Perezida wa Amerika ashobora kwiyamamaza muri 2028

Kamala Harris wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva muri Mutarama 2021 (…)

Agezweho mu ntambara : Putin yahaye Ukraine agahenge ka Pasika

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje agahenge k’amasaha 32 mu ntambara na Ukraine ko (…)

Perezida wa Cuba yahigiye guhangana na Trump umuhozaho igitutu

Perezida wa Cuba, Miguel Díaz-Canel, yavuze ko azakomeza guhangana n’igitutu cya Perezida wa (…)

U Burusiya bukomeje kungukira mu ntambara ya Iran na Amerika

U Burusiya bushobora kwinjiza ayikubye inshuro ebyiri ayo bwari busanzwe bwinjiza avuye mu (…)

Umunyamabanga mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo yamaganye igitero cya Israel muri Liban

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, (…)

AFC/M23 yahinduye ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa (…)