skol
fortebet

Mu mahanga

U Bwongereza: Kwitabira imikino nta tike byagizwe icyaha

Amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Bwongereza no muri Pays de Galles, yemeje kwinjira muri (…)

Israel yishe umuvugizi wa IRGC - umutwe w’ingabo ukomeye muri Iran

Ibitero bya Israel kuri Iran kuri uyu wa 20 Werurwe 2026, byishe umuvugizi w’umutwe w’ingabo (…)

Iran yemeje ko yarashe indege ya Amerika F-35 igura miliyari 140 Frw

Ku wa Kane tariki 19 Werurwe 2026, Umutwe Udasanzwe w’Ingabo za Iran (IRGC) wemje ko warashe (…)

Ubushinwa bwavuze ko iyicwa ry’abategetsi ba Iran n’ibitero ku baturage bitemewe na gato"

Ubushinwa bwavuze ko iyicwa ry’umukuru w’Inama Nkuru y’Umutekano wa Irani, Ali Larijani, mu (…)

Ubwato bwa Amerika bwikorera indege bugiye kuva mu ntambara nyuma yo gufatwa n’inkongi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gukura mu ntambara zihanganyemo na Iran ubwato bunini (…)

Pakistan yagabye ibitero byishe abarenga 100 muri Afghanistan

Abantu barenga 100 muri Afghanistan bishwe n’igitero cy’indege cya Pakistan cyagabwe ku kigo (…)

BBC yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cya Trump

Ikinyamakuru BBC cyasabye urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gutesha agaciro ikirego (…)

Iran mu biganiro byo gukura imikino yayo y’Igikombe cy’Isi muri Amerika

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Iran riri mu biganiro na FIFA, bijyanye no gukura imikino (…)

Trump yasubitse urugendo rujya mu Bushinwa kubera intambara ya Iran

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko basabye ko uruzinduko yagombaga kugirira mu (…)

Igisirikare cya Amerika na Anduril byasinye amasezerano ya miliyari 20$

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyasinye amasezerano y’imyaka 10 (…)

Mu Buhinde abantu 10 bahiriye mu bitaro mu cyumba cy’indembe

Abantu 10 bari barwariye mu ndembe bahiriye mu muriro wafashe mu kigo cyita ku bagize (…)

Zelenskyy ashaka kwinjira mu ntambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ashaka ko ibihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati (…)

Abantu bane ni bo baguye mu ndege y’igisirikare cya Amerika yahanutse

Ishami ry’Ingabo za Amerika rikorera mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTOM, ryatangaje ko bantu (…)

Abakina UFC bagiye guhugura abakozi ba FBI

Abakina imikino njyarugamba ya Ultimate Fighting Championship (UFC), bagiye guhugura abakozi (…)

Brésil: Umudipolomate wa Amerika yangiwe gusura Bolsonaro wahoze ari Perezida

Urukiko rw’Ikirenga muri Brésil rwanze ubusabe bw’abunganira Jair Bolsonaro bashaka ko (…)