skol
fortebet

Mu mahanga

Trump yatangaje ko atazatera Iran akoresheje intwaro kirimbuzi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kitazigera (…)

Tibor Nagy yasabye ko Abanye-Congo b’Abatutsi barenganurwa

Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe ubufatanye na (…)

Umuhuro wa Putin na Zelensky watangiye gututumba

Umuvugizi w’Ibiro bya Putin, Dmitry Peskov, yatangaje ko Perezida w’u Burusiya, yiteguye guhura (…)

Trump yasabye FIFA gukura Iran mu gikombe cy’Isi igasimbuzwa Ubutaliyani

Umwe mu ntumwa zidasanzwe za Leta Zunze Ubumwe za Amerika woherejwe na Donald Trump yasabye (…)

Depite wa USA yagaragaje impungenge ku mutekano w’abanyamulenge muri RDC.

Depite wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Wilson, yagaragaje ko Abanyamulenge bafite (…)

Urubanza rw’Umujenerali wa FARDC ushinjwa kugambanira Igihugu rwapfundikiwe habuze ibimenyetso by’ingenzi

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwapfundikiye (…)

Ibihugu bitatu bya Afurika byimye Perezida wa Taiwan inzira

Ibirwa bya Seychelles, Maurice na Madagascar byanze ko indege ya Perezida Lai Ching-te wa Taiwan (…)

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yicariye intebe ishyushye kubera dosiye ya Epstein

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, akomeje gusabwa kwegura kubera guha akazi (…)

Washington: Abanyamulenge bakoze urugendo rw’amahoro bamagana ubwicanyi bubakorerwa muri RDC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zazindukiye mu rugendo (…)

U Bufaransa: Hateguwe igisasu cyatezwe mu ntambara ya Kabiri y’Isi

Polisi yo mu gace ka Colombes mu Bufaransa yateguye igisasu cyo mu Ntambara ya Kabiri y’Isi (…)

Umusirikare wa Israel yamenaguye ishusho ya Yezu

Umusirikare wa Israel woherejwe ku rugamba mu majyepfo ya Liban, yagaragaye amenagura ikibumbano (…)

Trump agiye gusomera Bibiliya Abanyamerika

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, umaze iminsi aterana amagambo na Papa (…)

Iran iravuga ko hari intambwe imaze guterwa mu biganiro na Amerika

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, Mohammad Bagher Ghalibaf, yavuze ko hari (…)

Perezida Ndayishimiye yavuze ko nubwo Gen. Bunyoni yafunguwe hari ibyo atazigera yemererwa

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko nubwo Gen Alain Guillaume Bunyoni (…)

Myanmar yababariye imfungwa zirenga ibihumbi 4,000 zirimo n’uwahoze ari Perezida

Myanmar yatangaje ko yahaye imbabazi imfungwa 4,335 zirimo n’uwahoze ari Perezida, Win Myint, (…)