skol
fortebet

Mu mahanga

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u (…)

Philippine: Amasasu yavuze muri Sena

Amasasu abarirwa muri 15 yumvikanye muri Sena ya Philippine nyuma y’uko Polisi n’ingabo (…)

Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 irashinja leta gukomeza kwica abasivili amahanga arebera

Itotezwa ry’abasivili muri Sange no mu bice byegeranye rikorwa n’Ihuriro ry’ingabo zirwanira (…)

Goma: Banki ya AFC/M23 yatangiye guha abaturage inguzanyo - Icyo bisobanuye ku ntambara iri kurwana na FARDC

Banki ya CADECO yafunguwe na AFC/M23 nyuma y’uko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Amerika na Israel barimo gutegura igitero simusiga – Umudepite wa Iran

Avuga ku bikorwa byo gutwara intwaro n’ingabo birimo kuba, ziva muri Amerika zigana mu (…)

Donald Trump yasohoye ikarita ya Venezuela ayita "leta ya 51" ya Amerika

Perezida Donald Trump, uri mu rugendo rugana mu China guhura na Xi Jinping, yashyize ku rubuga (…)

Iran isohoye amakuru ku ntwaro kirimbuzi ashyira igitutu gikomeye kuri Amerika na Israel

Mu gihe ubushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje gufata indi ntera, (…)

Gufatira u Rwanda ibihano rusange nk’uko Amerika yabigenje ntacyo byatanga: Perezida Macron

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo (…)

Trump yanditse ubutumwa asaba ko Obama atabwa muri yombi agakurikiranwa

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America, yongeye kwibasira Barack Obama yasimbuye (…)

Mayor muri California yeguye kubera ibirego byo gukora nk’intasi y’Ubushinwa

Umuyobozi w’umujyi wo mu majyepfo ya Leta ya California muri Amerika yeguye ku mwanya we nyuma (…)

Trump ashaka kugira Venezuela Leta ya 51 ya Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko afite umugambi wo kugira (…)

Intandaro y’umwanzuro w’u Buhinde wo guhagarika amasezerano bwagiranye na Pakistan

Kuva amasezerano yo gusaranganya amasumo ya Indus yasinywa, Pakistan yagerageje kuyifashisha (…)

Iran yihenuye kuri Donald Trump wavuze ko atishimiye igisubizo yatanze ku mushinga w’amasezerano y’amahoro

Iran yavuze ko nta muntu muri iki gihugu ugamije gushimisha Trump ko icyo bakora ari ugushaka (…)

Kuba AFC/M23 yarekuye bime mu bice yari yarafashe byatangiye kugira ingaruka ku Banyamurenge

Abanyekongo b’Abanyamulenge batangiye guhunga n’amatungo yabo bava mu gace ka Ruzizi nyuma yuko (…)

Donald Trump yariye karungu kubera igisubizo cya Iran ku mushinga w’amasezerano Amerika yayihaye

Iran ivuga ko umushinga wa Amerika wo kurangiza intambara yayishojeho ifatanyije na Israel urimo (…)