skol
fortebet

Mu mahanga

Abanyamerika bongeye kwigabiza imihanda bamagana Trump

Imyigaragambyo yagutse yo kwamagana ubuyobozi bwa Trump yabereye mu mijyi yo muri Amerika (…)

Inyubako ya mbere ndende ku Isi yakubiswe n’inkuba

Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga byibasiye bimwe mu bice by’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe (…)

Abanyamategeko 436 basoje amasomo muri ILPD

Ishuri Rikuru ryo Kwigisha no Guteza Imbere Amategeko (ILPD), ryashyize ku isoko ry’umurimo (…)

Trump yigambye ko ’MbS’ wa Arabie Saoudite amucinyaho inkoro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yigambye ko Igikomangoma cya Arabie (…)

Umutwe w’aba-Houthis warashe muri Israel

Umutwe witwaje intwaro w’Aba-Houthis wo muri Yemen watangaje ko wagabye ibitero kuri Israel (…)

Nepal: Minisitiri w’Intebe yafunze uwo yasimbuye nyuma y’umunsi umwe ku butegetsi

KP Sharma Oli wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Nepal, yatawe muri yombi akurikiranyweho (…)

Umubiligi ukekwaho uruhare mu rupfu rwa Lumumba yajuriye

Etienne Davignon wahoze ari umudipolomate ukomeye mu Bubiligi yajuririye icyemezo cy’urukiko (…)

Amerika yatangiye gukoresha ubwato bwa drone mu ntambara na Iran

Minisiteri y’intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko ingabo z’iki gihugu (…)

Amerika ishaka ko Ukraine iharira u Burusiya Donbas yose

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje (…)

Iran yongeye kwihakana Trump, ivuga ko nta biganiro iri kugirana na Amerika

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko bari gusuzuma ubusabe bwa (…)

Perezida Kim Jong Un yigambye ko nta kizamubuza gukora intwaro za nucléaire

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yavuze ko nta kizabuza igihugu cye umugambi wo (…)

Iran yahakanye iby’uko yagiranye ibiganiro na Amerika

Igihugu cya Iran cyahakanye iby’uko cyaba kiri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

Iran yavuguruje Trump wari watangaje ko hari kuba ibiganiro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo (…)

Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora Korea ya Ruguru

Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya Ruguru yongeye gutora Kim Jong Un nka Perezida w’icyo (…)

Perezida wa Brésil yavuze ko Amerika ishaka kongera gukolonisa Amerika y’Amajyepfo

Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yavuze ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)