skol
fortebet

Mu mahanga

AFC/M23 yahinduye ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa (…)

Museveni ntiyumva uburyo abandi bajya ku Kwezi Abanya-Uganda bahugiye mu kumansura

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko hari ibihugu byateye imbere ku buryo (…)

AFC/M23 yohereje intumwa mu Busuwisi, ishinja Leta ya RDC ubushotoranyi

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje intumwa mu biganiro by’amahoro mu Busuwisi ariko ko (…)

Iran na Amerika bagiye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Pakistan

Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ku wa 10 Mata 2026, bazahurira mu biganiro (…)

Amerika yishe Gen Maj Khademi wari ushinzwe ubutasi mu gisirikare cya Iran

Leta ya Iran yemeje ko Umuyobozi w’Urwego rushinzwe ubutasi mu ngabo za Revolutionary Guards (…)

Trump byakekwaga ko arembye yagaragaye ari mutaraga

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma (…)

Amerika: Urwego rurinda perezida ruri gukora iperereza ku masasu yumvikaniye hafi ya White House

Urwego rw’Amerika rucunga umutekano wa perezida n’abandi bategetsi bo hejuru n’abahoze ari (…)

Amerika yasenye ikiraro gikomeye cya Iran, iteguza amakuba akaze

Ibitero bya Amerika byasenye ikiraro kinini cyitwa Bridge 1 giherereye mu Mujyi wa Karaj, ndetse (…)

Abirukanywe bazira iperereza bakoze kuri Trump batanze ikirego

Abakozi batatu bahoze bakorera Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bishinzwe iperereza, (…)

Ubushinwa bwongereye umuhate mu gutuma haba agahenge mu ntambara yo muri Iran

Ubushinwa na Pakistan byashyize ahagaragara gahunda igizwe n’ingingo eshanu igamije kugerageza (…)

U Budage: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bagarukiye u Burusiya kubera ibikomo kuri peteroli

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Budage rya AFD [Altenative for Germany] ryatangaje ko (…)

Somaliland yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar, Trump namwirukana

Somaliland yatangaje ko yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar mu gihe yaba yirukanywe muri Leta (…)

Haiti: Abantu 70 bishwe n’ibitero by’abagizi ba nabi

Abantu 70 bishwe, abandi 30 bakomerekera mu gitero cyagabwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi hafi (…)

Abasirikare bane ba Israel biciwe muri Liban

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko abasirikare bane baguye mu mirwano mu majyepfo ya Liban aho (…)

Iran yemeje ko Komanda w’ingabo zirwanira mu mazi yishwe

Umutwe w’ingabo za Iran, Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), wemeje urupfu rwa komanda (…)