skol
fortebet

Mu mahanga

Trump yateguje ibitero bikaze kuri Iran

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora kugabwaho ibitero bikomeye kuri uyu (…)

Museveni yatangiye kuyobora EAC, asaba ibihugu kunga ubumwe nka Amerika

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangiye kuyobora umuryango wa Afurika (…)

Kenya: Umwuzure wahitanye 10, ingendo z’indege zikomwa mu nkokora

Umwuzure wibasiye Umujyi wa Nairobi muri Kenya wahitanye abantu 10, ndetse ingendo z’indege ku (…)

Indonesia yemeje itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga

Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Itumanaho yo muri Indonesia yatangaje ko abana bari munsi y’imyaka (…)

Iran yarashe imwe muri radar z’ingenzi za Amerika iri muri Jordanie

Iran yangije imwe muri radar zikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishaga mu bijyanye (…)

Amerika: Inganda za gisirikare zemereye Trump gukuba kane intwaro n’indege zikora

Ku wa 6 Werurwe 2026, inganda zikorana n’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemereye (…)

Iran yasabye ingabo zayo kutongera kurasa mu bihugu by’abaturanyi

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko Inama iyoboye by’agateganyo iki gihugu yasabye (…)

Misile zakomerekeje ingabo za Ghana ziri muri Liban

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko misile ebyiri zarashwe ku basirikare bayo bari mu butumwa (…)

Iran yateguje u Burayi no nibufasha Amerika na Israel na bwo buzaraswa

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Iran, Majid Takht-Ravanchi, yatangaje ko ibihugu (…)

U Burusiya bukekwaho guha Iran amakuru y’ubutasi yifashishwa mu gutera ibirindiro bya Amerika

Amakuru ava mu nzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko u Burusiya bushobora (…)

Qatar yateguje ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gishobora kwikuba hafi kabiri

Minisitiri ushinzwe ingufu muri Qatar, Saad al-Kaabi, yatangaje ko ibihugu bitandatu byo mu (…)

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze kuzabaho (…)

Amerika na Venezuela bemeranyije gusubukura umubano wa dipolomasi nyuma y’ifatwa rya Maduro

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’impande zombi, hamenyekanye ko hagiye gushyirwaho gahunda (…)

Ibyihariye ku muco w’Abanya-Namibia wo gutizanya abashakanye

Okujepisa Omukazendu ni umuco wo gusangira abagore ukorwa n’abantu bo mu moko ya Ovahimba na (…)

Byinshi kuri drones z’ubwiyahuzi Iran iri kwifashisha cyane mu ntambara

Drones z’ubwiyahuzi ni zimwe mu ntwaro z’ingenzi Iran iri kwifashisha mu ntambara ihanganyemo na (…)