skol
fortebet

Mu mahanga

Umuhanzi Weasel yifashishe ifoto y’umugore we Sandra Teta avuga ku ntsinzwi ya Arsenal Afana byo gupfa

Ikipe ya Arsenal yahabwaga amahirwe yo kuba yakwegukana igikombe cya EUFA Champions League nyuma (…)

Mu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja, habereye...

Mu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja, habereye imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa (…)

Amerika yatangaje ko igiye kongera kurasa kuri Iran byeruye

Minisitiri w’Intambara wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yatangaje ko biteguye (…)

Inama yahuje Trump n’abajyanama be yabuze umwanzuro ku kibazo cy’intambara ya Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ntiyatangaje icyemezo cya nyuma ku (…)

Uganda: Igitaramo cyari cyatumiwemo Diamond Platinumz na The Ben cyasubitswe

Abategura igitaramo cy’urwenya cya Comedy Store, cyari kuzitabirwa n’abahanzi n’ibyamamare (…)

Trump yasabwe kubahiriza amabwiriza ya muganga y’imirire akanagabanya ibiro.

Umuganga usanzwe akurukirana ubuzima bwa Perezida Donald Trump, yavuze ko ubuzima bwe bumeze (…)

U Burundi bwafunze Babunga wakundaga kugaragaza amateka n’amakuru ku bibera mu Burasirazuba bwa Congo

Benjamin Babunga Watuna, umunyamateka ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…)

Nibura abana 11 baricwa cyangwa bagakomereka buri munsi mu bitero bya Israel kuri Libani mu cyumweru gishize – UNICEF

Maddox yamaze gutanga ubusabe bwo guhindura izina rye mu mategeko, aho asaba gukurwaho “Pitt” (…)

Hategerejwe ijambo rya Donald Trump kw’iyongerwa ry’agahenge k’intambara ishyamiranyije Amerika na Iran

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran zongeye kumvikana ku kongera igihe cy’agahenge kingana (…)

Kenya: Urukiko rukuru rwahagaritse icyemezo cya Leta cyemerera Amerika gushyira ikigo cyakira abakekwaho Ebola ku butaka bwayo

Urukiko Rukuru rwa Nairobi muri Kenya rwafashe icyemezo cyo guhagarika by’igihe gito gahunda ya (…)

U Bufaransa Busabye Iperereza ku Ihohoterwa Ryakorewe Ababwo Bari mu Butumwa bwa Gaza

Bufaransa bwasabye ko ubushinjacyaha bukora iperereza ku buryo Abafaransa bafashwe ubwo bari mu (…)

America: Mu rugo rw’uwahoze ari umuyobozi mukuru wa CIA hafatiwe zahabu za Miliyoni 40$

David Rush, wahoze ari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’ubutasi bwo hanze cya Amerika CIA, iwe (…)

Netanyahu ategetse igisirikare cya Israel kwigarurira 70% bya Gaza

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yategetse igisirikare cy’igihugu (…)

Mu karere ka Rulindo umugore yiyahuye nyuma yo gukeka ko asangira umugabo n’umukobwa we

Mu karere ka Rulindo, umurenge wa Kisaro, hamenyekanye amakuru y’umugore wiyahuye anyweye umuti (…)

Trump yavuze ko Oman niyivanga mu byo kugenzura Hormuz azayirasaho ntakuzuyaza

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, ubwo yari mu nama y’Abaminisitiri kuri (…)