skol

Politiki

Trump yagaragaje ko Ahangayikiye ubuzima bwa Biden badakunze gucana uwaka

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje guhangayikira Joe Biden (…)

Kenya: Senateri yagiriye inama leta kongerera Abakozi iminsi y’ikiruhuko ngo batange umusaruro

Umusenateri witwa Karungo wa Thangwa wo muri Kenya, arasaba ko Leta yakongera ibiruhuko by’akazi (…)

RDC: Hari amashusho n’amajwi byagaragaye Abanyeshuri bigishwa kwanga u Rwanda

Bimwe mu bigo by’amashuri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagaragaye bikataje mu (…)

Perezida Museveni yasabye umuhungu we kudacamo Igihugu ibice

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko amaze igihe agiranye ibiganiro (…)

Perezida w’Amerika Biden yatsikiye agwa mu ruhamwe ubwo hatangwaga impamyabumenyi

Perezida w’Amerika Joe Biden yatsitaye aragwa ubwo yatangaga impamyabumenyi ku ishuri (…)

RDC: Perezida Tshisekedi nta cana uwaka na Minisitiri we Bemba ashobora kwemweguza

Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Demokrasi mu Burundi: Nyuma y’imyaka 30 FRODEBU ivuga ko demokrasi idahagaze neza

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Leta y’Uburundi, Sahwanya FRODEBU rivuga ko uku kwezi (…)

Museveni yaritsize ku itegeko aherutse gusinya rikumira Abatinganyi

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yihanije amahanga kubera ukuntu yamaganye itegeko rihana (…)

Zimbabwe yatangaje ko kuya 23 kanama ariyo tariki ntaregwa bazatora Perezida

Perezida w’igihugu cya Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yagennye itariki ya 23 Kanama uyu mwaka wa (…)

Umudepite yasabiye bamwe mu byayobozi kwirukanwa banze ko abimukira baza mu Rwanda

Jacob Rees-Mogg, Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza yasabye Guverinoma (…)

Afurika Y’Epfo:Itangazo ry’ubudahangarwa ryatumye hakekwa ko Putin azasura iki gihugu

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Afurika y’Epfo yahaye ubudahangarwa aba diplomate baturutse (…)

Uburusiya bwashyize Senateri Lindsey Graham w’Amerika ku rutonde rw’abashakishwa

Uburusiya bwashyizeho impapuro zo guta muri yombi umwe mu Senateri bakomeye wo muri Leta zunze (…)

Uburusiya buzongera buruse ku banyeshure b’Abarundi ,umusaruro w’ubufatanye

Nyuma y’uruzinduko rw’akazi yagiriye mu Burundi kuri uyu wakabiri tariki ya 30 Gicurasi 2023, (…)

Mu ibanga Uburusiya buri kwiyegereza Afurika, Uburundi ni bwo butahiwe

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergueï Lavrov yageze i Bujumbura avuye i Nairobi (…)

RDC: Gen Ekenge yavuze ko M23 irimo kwisuganya ngo itere Goma

Umuvigizi w’igisirikare cya DR Congo yatangaje ko abarwanyi ba M23 – yita ko bafatanyije (…)