skol

Politiki

Umujenerali wafashe Che Guevara yapfuye ku myaka 84

Umujenerali wo muri Bolivia wafashe impirimbanyi y’impinduramatwara Ernesto "Che" Guevara (…)

Perezida wa Angola yitandukanyije n’ibyo leta ya Kinshasa ishinja u Rwanda ,yizeza gukumira intambara

Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa (…)

Burundi:Umuyobozi wannyeze intumwa ya RDC yasinziriye mu nama yirukanywe

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yirukanye ku mirimo Melance Ndayisenga wari ukuriye (…)

Guterres yasabye ko Intambara muri Kongo Ihagarara nta yandi mananiza

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Gutteres yahamagariye imitwe yose (…)

Ubwongereza: Kidobya mu birori byo Kwimika Umwami Charles

Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo umwami Chales wa III arahire ku mugaragaro, (…)

RDC: Jean-Pierre Bemba yatangiye kubangamira abegereye Perezida Tshisekedi kubera ubunyamwuga buke

Nyuma yo guhabwa umwanya wa minisitiri w’ingabo muri guverinoma ya Sama 2, Jean Pierre Bemba ngo (…)

Umwami Charles yarahiye mu iyimikwa rye muri Westminster Abbey

Umwami Charles III w’Ubwongereza yakoze indahiro y’iyimikwa rye mu rusengero rwa Westminster (…)

Umuhango wo kwimika Umwami w’Ubwongereza uritabirwa na bake b’intoranywa

Kuri uyu wa gatandatu Umwami Charles III w’Abongereza azimikwa ari kumwe n’umugore we Camilla (…)

RDC: OIF yanze ubusabe bwA CENI buyisaba kugenzura impapuro z’itora

Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa ku isi Francophonie, watangaje ko (…)

Diyama iri mu ikamba ry’umwami w’Ubwongereza yibwe muri Afurika y’Epfo

Bamwe mu Banyafurika y’Epfo barahamagarira u Bwongereza gusubiza diyama nini ku Isi, izwi ku (…)

Antonio Guterres, wageze i muri Kenya ategerejwe n’Ibujumbura kubera M23

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yageze i Nairobi muri Kenya (…)

RDC: Itegeko ryitiriwe Tshiani biivugwa ko ribangamira Katumbi ryamaganywe

Umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW), (…)

Urukiko rw’I Burundi rwahamijeho igihano kuri Floriane Irangabiye wari warahugiye mu Rwanda

Urukiko rw’ubujurire rwo mu Burundi rwashimangiye igifungo cy’imyaka 10 urukiko rwisumbuye (…)

Olaf Scholz w’u Budage agiye kugenderera Afurika y’Iburasirazuba,kubera iki?

Umuyobozi w’u Budage, Olaf Scholz arateganya kuganira ku ntambara ibera muri Sudani, kwerekana (…)

Uganda : Hashyizweho igihano cy’urupfu kubaryamana bahuje ibitsina

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, kuri uyu wa Kabiri yatoye yemeza Itegeko rihana ubutinganyi, (…)