skol

Politiki

Kenya :Perezida Ruto yasubije abamaze iminsi bibaza ku kunanuka kwe

Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko kuba amaze iminsi bigaragara ko yatakaje ibiro (…)

Turukiya ishobora kujya mu cyiciro cya kabiri cy’amatora

Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Turukiya Kemal Kilicdaroglu yavuze ko atamagana (…)

Ubudage Bwahaye Ukraine Inkunga ya Miliyari 3 z’Amadolari y’Amerika

Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine, yabonanye n’abategetsi b’Ubudage i Berlin mu murwa (…)

USA: Abakandida bo mu Ishyaka ry’Abarepubulikani Bakomeje Kureshya Abazabajya Inyuma mu Matora

Abakandida bo mu ishyaka ry’abarepubulikani biyamamaza mu matora yo muri Amerika bakomeje (…)

EAC yasabye Abategetsi ba RDC kubaha iteka ryashyizeho ingabo z’akarere

Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba wasabye Abategetsi ba Repuburika Iaharanira (…)

Bimwe mu byo Igisirikare cya RDC cyasabye icya Indonesie mu ntambara

Ku wa Kane tariki ya 11 Gicurasi Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Kenya: Polisi yatumije Pasiteri wiyita Yesu w’i Tongare nyuma y’uwashutse abakristu kwiyicisha inzara

Umuvugabutumwa wo muri Kenya yatumijwe na polisi, mu gihe leta irimo guhashya ayo yita amatorero (…)

Trump yahize kurangiza intambara ya Ukraine n’Uburusiya mu munsi umwe aramutse atowe

Kuva mu mezi amake ashize, Donald Trump wahoze ayoboye America ntiyacogoye kwemeza ko Uburusiya (…)

RDC: Jonas Tshiombela wo muri NSCC yatse leta ibisobanuro ku mpamvu y’ingabo za SADC

Mu kiganiro yagiranye na Actu30.cd, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Gicurasi 2023, (…)

Perezida Tshisekedi yatunze agatoki Kenya nyuma y’u Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Tshisekedi yijunditse Kenya (…)

Nigeriya: Urukiko rwemeye kumva ubujurire ku byavuye mu matora ya Perezida

Urukiko rushinzwe gukemura Impaka mu matora ya Perezida muri Nigeria, ku wa Mbere rwatangiye (…)

U Bushinwa na Canada bakomeje kurebana ayingwe mu bwitonzi bwinshi

Kuri uyu wa Kabiri, u Bushinwa bwirukanye umudipolomate w’Umunyakanada wakoreraga muri Shanghai (…)

Burundi: Ibyaha Gen. Bunyoni ashinjwa birimo gutuka Perezida Ndayishimiye

Alain Guillaume Bunyoni wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Burundi yagejejwe imbere y’urukiko (…)

Urukiko rwa Malawi rwategetse amashuri kwakira abana bafite imisatsi inzwi nk’iyaba rasta

Urukiko rukuru muri Malawi rwategetse abashinzwe uburezi kureka abanyeshuri bafite ibisage (…)

Imvura yisasiye abarenga 500 muri DR Congo n’u Rwanda .birasanzwe mu karere?

Mu myaka irenga 30 ishize ntabwo ibiza bikomotse ku mvura birakora ibara gutya muri aka karere (…)