skol

Politiki

Perezida wa Turukiya: Isi igomba kwemeza Yeruzalemu nk’umurwa mukuru wa palestine

Perezida wa Turukiya Recep Tayyip Erdogan yasabye ibihugu byiganjemo Abayisilamu kwemera (…)

Mugabe yavuye mu gihugu ajyana n’ umuryango we

Amakuru aturuka mu gihugu cya Zimbabwe aravuga ko Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe (…)

Umunyarwanda wakorewe iyicarubozo yandikiye umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda

Umunyarwanda Rene Rutagungira uri mu bantu icyenda barimo n’abapolisi bakuru ba Uganda bashinjwa (…)

Uganda : 85 % ntibashaka ko Museveni azongera kwiyamamaza

Ubushakashatsi bwakozwe n’ imiryango itari iya Leta ikorera muri Uganda bwagaragaje ko Abanya (…)

“U Rwanda rubona urubyiruko rwarwo nka peteroli na Diyama” Kabarebe

Miisitiri w’ ingabo Gen. James Kabarebe yaganirije urubyiruko urubyiruko rusaga 5 200 ruri mu (…)

Kongera kwiyamamaza kwa Nkurunziza, YEGO na OYA byashyizwe imbere y’ Abarundi

Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi yatangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa bya (…)

Palestine, n’iyonka ntiyasigaye mu kwamagana icyemezo cya Trump-AMAFOTO

Umukuru w’umutwe w’abanyapalesitina ugendera ku matwara akaze y’idini akaze ya Isilamu wa Hamas (…)

Putin yiteguye kongera kwiyamamaza, imyaka 18 mu buyobozi

Perezida Vladimir Vladimirovich Putin (Vladimir Putin) w’ imyaka 62 w’Uburusiya yatangaje ko (…)

Ni iki kihishe inyuma yo kuba Perezida Macron yaranze gukora mu ntoki za Perezida wa Burkina Faso -VIDEWO

Mu minsi ishize Perezida w’ u Bufaransa Emmanuel Macron yatembereye mu bihugu bitandukanye by’ (…)

Perezida Emmerson wa Zimbabwe yarahije abagize Guverinoma nshya

Harare-Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Munangagwa yarahije abagize Guverinoma nshya abasaba (…)

Mwishywa wa Robert Mugabe yahunze igihugu

Mwishywa w’uwahoze ari Perezida Zimbabwe,Robert Gabriel Mugabe yahunze igihugu, avuga ko (…)

Ubutumire bwa Raila Odinga mu irahira rye

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi bwa Kenyatta akaba n’ umuyobozi w’ihuriro (…)

Kenya: David Ndii utavuga rumwe na leta yatawe muri yombi

Kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ukuboza 2017 nibwo umwe mu bayobozi b’abatavuga rumwe na leta (…)

Perezida Trump yanenze FBI

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze n’uburakari bwinshi ibiro (…)

Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange aranipimisha

Kuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we (…)