skol

Politiki

Wa mujenerali watumye Robert Mugabe ava ku butegetsi yagizwe Visi Perezida wa Zanu PF

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Ukuboza 2017, Perezida Emmerson Mnangagwa, yagize Constantino (…)

Igisirikare cya Uganda cyakoresheje indege n’ibitwaro barasa inyeshyamba

Igisirikare cya Uganda cyateye ikambi z’inyeshamba z’umutwe wa ADF uherereye mu karere ko mu (…)

Perezida wa Peru habuze gato ngo akurwe ku butegetsi azira ruswa

Mu matora yabaye mu Nteko Nshingamategeko y’igihugu, Perezida w’igihugu cya Peru, Pedro Pablo (…)

Nta muturage w’u Burundi uzongera kuburanira mu kindi gihugu

Integuza iri mu itegekonshiga ry’u Burundi, rivuga ko nta murundi n’umwe azasubira kuburanira mu (…)

Amerika yaburiye Odinga kudahirahira arahirira kuyobora Kenya

Binyuje mu ijwi ry’umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabye Raila Odinga (…)

Minisitiri wariye inyama z’inzovu yahungiye mu Burundi

Mandiitawepi Chimene, wahoze ari Minisitiri w’intara ya Manicaland mu gihe cy’ubutegetsi bwa (…)

Minisitiri yavuze ko umuvundo muri Kampala ari mwiza ku bukerarugendo

Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ubukerarugendo yatangije ubukangurambaga bwiswe (…)

Zimbabwe: Umugaba Mukuru w’Ingabo yeguye

Constantino Chiwenga wari umugaba w’ingabo mu gihugu cya Zimbabwe yamaze kwegura kuri iyi mirimo (…)

Afurika y’Epfo: Cyril Ramaphosa yatorewe kuyobora ishyaka ANC

Abahagarariye ishyaka rya ANC muri Afrika y’epfo, batoye kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Ukuboza (…)

Abanyeshuri batewe inda basabiwe gutabwa muri yombi

Abayobozi bo mu karere ka Mwanza mu majyaruguru ya Tanzania batanze itegeko ko abakobwa b’ (…)

Uwahoze ari umugore wa Zuma ashobora kumusimbura ku buyobozi bw’ ishyaka ANC

Ishyaka riri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo ANC riratora umuyobozi mushya usimbura Jacob Zuma. (…)

Umugore wa Robert Mugabe ashobora kwirukanwa burundu muri ZANU PF, yanasabwe gusaba Isi imbabazi

Umukuru w’igihugu cya Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yavuze ko ishyaka Zanu-PF rizubahiriza (…)

Abana binjijwe mu gisirikare na Lubanga bahawe indishyi

Abacamanza b’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, bahaye inshumbusho(ingurane) ya miliyoni 10 (…)

Sinema yongeye kwemerwa muri Arabia Soudite

Nyuma y’imyaka isaga 30 abakora ama filime ndetse n’ama sinema mu gihugu cya Arabiya Soudite (…)

Abarundi barimo kwakwa amafaranga azakoreshwa mu matora ya Perezida

Leta y’ u Burundi irimo gukusanya mu baturage ingengo y’ imari izakoreshwa mu matora ya Perezida (…)