skol

Politiki

Morgan Tsvangirai wigeze kuba Minisitiri w’ Intebe wa Zimbabwe yapfuye

Umukuru w’ abatavuga n’ ubutegetsi bwa Zimbabwe Morgan Tsvangirai yitabye Imana ku myaka 65 y’ (…)

Jacob Zuma atangaje ko yeguye ku buyobozi bwa Afurika y’Epfo

Ahagana saa tanu z’ijoro ryo kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Perezida Jacob Zuma atangaje ko (…)

Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bitabiriye isiganwa ku maguru

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri (…)

Afurika y’Epfo: Zuma yemeye kuva ku butegetsi

Ubuyobozi bw’ishyaka ANC riri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo bwafashe umwanzuro w’uko Perezida (…)

Sudani y’Epfo: Umuvugizi wa Riek Machar yakatiwe kwicwa amanitswe

James Gatdet Dak umuvugizi wa Dr Riek Machar yakatiwe n’urukiko rwo mu gihugu cya Sudani y’Epfo (…)

Dore ibintu utazi cyangwa wirengagiza kuri Afurika

Umugabane wa Afurika ni uwa kabiri mu bunini ku isi kandi wuzuye ibintu by’abayobera bitangaje (…)

Kiliziya Gatolika yahamagariye abaturage indi myigaragambyo yo kweguza Kabila

Ihuriro CLC, rihuriyemo amashyirahamwe yiganjemo abayoboke ba Kiliziya Gatolika muri Repubulika (…)

Perezida wa Philipine yasenye imodoka z’ imingara

Perezida Rodrigo Duterte yarahagaze arebera uko imodoka zihenze zangizwa nk’ uko yari yabitege. (…)

Yamenye ko amanota y’ abanyeshuri be yafatiriwe abira ibyuya anahinda umushyitsi

Umuyobozi w’ ishuri ryisumbuye rya Nyendo ryakira abahungu n’ abakobwa riherereye I Masaka muri (…)

Kenya: Umunyamategeko warahije Raila Odinga yahambirijwe

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Miguna Miguna yashinjijwe guhemukira (…)

Israheli yahaye abimukira ibyemezo bibategeka gutaha cyangwa bagafungwa

Abimukira babarirwa mu bihumbi biganjemo Abanyafrika baba mu gihugu cya Israheli, bahawe (…)

2017 abarenga 500 biciwe mu Burundi

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu mu gihugu cy’ u Burundi APRODH uyoborwa na (…)

Perezida Zuma yateye utwatsi ANC yamusabye kwegura

Umukuru w’igihugu wa Afrika y’epfo Jacob Zuma yanze ibisabwa n’ishyaka riri ku butegetsi, ANC, (…)

Burundi: Inkunga y’ amatora ya Perezida ngo itangwa n’ ubishatse ariko abakozi bakaswe umushahara

Amashyirahamwe aharanira ko uburenganzira bw’ abakozi bwubahirizwa asanga Leta y’ u Burundi (…)

Visi Perezida wa Kenya yise irahira rya Odinga igitaramo cy’ urwenya

Willam Ruto, Visi Perezida wa Kenya yavuze ko umuhango wabaye ku munsi w’ ejo tariki 31 Mutarama (…)