skol

Politiki

Abayoboke ba Odinga bishwe mu matora bashyinguwe

Kuva kuri uyu wa kane w’iki cyumweru muri Kenya bamwe mu bayoboke b’ishyaka NASA rirwanya (…)

Uwahoze ari umujyanama wa Trump arashinjwa kubera FBI

Michael Fynn wahoze ari umujyanama wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump (…)

Zimbabwe: Perezida Mnangagwa yahawe abasirikare imyanya ikomeye muri guverinoma

Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yashyizeho muri guverinoma, abasirikare bakuru (…)

Perezida Buhari yahagurikiye icuruzwa ry’abaturage be muri Libya

Prezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yavuze ko abanye Nigera bose baheze mu gihugu cya Libya (…)

Trump na Minisitiri w’ intebe w’ Ubwongereza ntibavuze ku mashusho Trump yakwirakwije

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald yasabye Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza (…)

Generali mu ngabo z’ubushinwa yimanitse mu mugozi

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017 Ibiro Ntaramakuru by’u Bushinwa,Xinhua (…)

Zimbabwe: Perezida mushya yahaye ntarengwa abanyereje imitungo y’ igihugu kuba bayigaruye

Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yahaye amezi atatu abanyereje imitungo y’ iki (…)

Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gishobora kurasa ahari ho hose muri USA

Nyuma yo kugerageza igisasu kirenze ibindi byose Koreye ya Ruguru yemeje ko ifite ubushobozi bwo (…)

Raila Odinga yatangaje ko azarahira mu Ukuboza

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi bwa Kenyatta akaba n’ umuyobozi w’ihriro ry’amashyaka (…)

Urukerereza ryasusurukije abitabiriye irahira rya Kenyatta [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, muri sitade Kasarani yo mu gihugu cya Kenya (…)

Zimbabwe yashyizeho konji ku isabukuru y’amavuko ya Mugabe

Isabukuru y’amavuko y’uwahoze ayobora Zimbabwe, Robert Mugabe, igiye kuba umunsi w’ikiruhuko (…)

Umunyarwandakazi w’umuganga yafatanywe ibiyobyabwenge mu gikapu

Polisi yo mu gihugu cya Uganda iratangaza ko kuwa kane w’icyumweru dusoje tariki ya 23 (…)

Uganda: Besigye yakuwe kubuyobozi bw’ishyaka FDC yashinze

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu gihugu cya Uganda ryatoye umuyobozi mushya usimbura (…)

Reba amateka n’ amafoto y’ umugore wa Perezida mushya wa Zimbabwe usanzwe ari umudepite

Auxilia Mnangagwa w’ imyaka 54 y’ amavuko niwe mugore wa Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson (…)

Zimbabwe: Mugabe ntiyabonetse mu irahira rya Perezida mushya w’abana icyenda

Kuva kuri uno wa gatanu, iguhugu cya Zimbabwe kiyobowe na Perezida mushya nyuma y’imyaka 37 (…)